UMUNSI W’UMUGORE: Rubavu abagore batunze imiryango yabo kubera kudoda inkweto
Mu gihe u Rwanda rwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore, mu karere ka Rubavu hari abishyize hamwe bakora umushinga wo kudoda inkweto, ubusanzwe wari umenyerewe ku bagabo ku izina ry’abakorodoniye. Abo bagore ubu batunze imiryango yabo, kandi bagaterwa ishema no kuba bategereza byose ku bagabo. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)