Impamyabumenyi z’abarangije ayisumbuye zagiye ahagaragara nyuma y’iminsi 38 gusa
Ikigo cy'u Rwanda gishinzwe uburezi REB cyemezako kuba impamyabumenyi z'abanyeshuri barangiza amashuri yisumbuye zisigaye zikorerwa imbere mu gihugu, bizatuma abarangiza amashuri batazongera kumara igihe kinini bazitegereje. Mu kiganiro n'itangazamakuru kuri uyu wa gatatu; REB yavuze ko u Rwanda rwungutse igihe n’amafaranga, kuko izi mpamyabumenyi zakozwe mu minsi 38 gusa kandi zitwara asaga miliyoni 47 z’amafaranga y’u Rwanda. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)