COVID 19: Gushyingura muri iyi minsi bigomba gukorwa n’abantu bake bagize umuryango – Ubuyobozi
Muri iki gihe hafashwe ingamba zikomeye zo kwirinda icyorezo cya Covid 19, Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian aributsa abaturage ko gushyingura bikwiye gukorwa n’abantu bacye bagize umuryango. Abitangaje mugihe abaturage b’umudugudu wa Kabare akagari ka Kabare bagaragaza impungenge z’ukuntu baribushyingure umuturage wabo waraye yitabye Imana kandi mu baje gutabara harimo abagize umuryango we batuye I Kigali. Mushabe David Claudian avuga ko gushyingura muri ibi bihe byo kwirinda ikwirakwira […]
Post comments (0)