Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa
Nyuma y’icyumweru kimwe kirenga Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu(MINALOC) itangaje ko gusaba guhindura izina bizajya bikorerwa ku rubuga Irembo aho kuza ku biro by’iyo minisiteri, ubwo busabe ngo bukomeje kwitabirwa na benshi cyane cyane abavuga ko ababyeyi babo babise amazina ateye ipfunwe. Simon Kamuzinzi aratugezaho inkuru irambuye kuri amwe mu mazina atangaje abantu biyise cyangwa biswe n’ababyeyi babo. Yumve hano:
Post comments (0)