Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame aravuga ko u Rwanda rwateye intambwe nziza mu kurwanya icyorezo cya COVID-19, ariko yibutsa ko icyo cyorezo kigihari kandi hagikenewe imbaraga nyinshi zo kugihashya. Mu nama ya Komite nyobozi y’umuryango FPR Inkotanyi kuwa gatanu tariki 26 Kamena, umukuru w’igihugu yanibukije ko u Rwanda rufite ibibazo byihariye bikeneye n’ibisubizo byihariye, ku buryo abakiri bato bakwiye kwiga hakiri kare gukosora amakosa yakozwe n’ababanjirije. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)