Ikaragiro rya Burere ryongeye kuzahuka nyuma y’umwaka Perezida Kagame asabye ko ibibazo byarimo bikemuka
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera buratangaza ko ibibazo bijyanye n’imicungire mibi byari byagaragaye mu ikaragiro rya ubu byakemutse, bugaha icyizere abororzi bo muri ako karere ko umukamo w’inka zabo utazongera gupfa ubusa. Ubwo yari mu rugendo rwo gusura abaturage mu turere twa Burera, Musanze na Rubavu muri Gicurasi umwaka wa 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagejejweho ikibazo cy’iryo karagiro, aho abaturage bavugaga ko bagemuye amata yabo kuri iryo karagiro, ariko […]
Post comments (0)