Mu rukiko, Rusesabagina yongeye guhakana ko ari Umunyarwanda
Mu rubanza rwa Paul Rusesabagina rwatangiye kuburanishwa ruhujwe n’urw’abarwanyi 17 bahoze mu mutwe wa FLN ndetse n’abari abavugizi bawo Nsabimana Callixte na Nsengimana Herman, umucamanza yabajije Rusesabagina niba umwirondoro yasomewe ari uwe, undi aramuhakanira. Paul Rusesabagina watangiye kuburana urubanza mu mizi kuri uyu wa gatatu ari kumwe n’abari abarwanyi b’umutwe wa FLN, igihe yabazwaga niba umwirondoro yasomewe ari uwe yavuze ko akomeje kwemezwa ko ari Umunyarwanda nyamara we ari Umubiligi. […]
Post comments (0)