Paul Rusesabagina ntiyitabiriye iburanisha
Rusesabagina n’abamwunganira mu mategeko banze kwitabira iburanisha mu rubanza aregwamo hamwe n’abandi bantu 20 bose baregwa ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba. Urwo rubanza ruburanishwa n’Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, kuri uyu wa gatatu tariki 24 Werurwe 2021. Raporo ya gereza ya Nyarugenge (Mageragere), ikubiyemo inyandiko ya Rusesabagina yasomewe mu rukiko, igaragaza ko umuburanyi Paul Rusesabagina wahamagajwe n’urukiko yanze kwitabira iburanisha yahamagawemo, mu buryo n’inzira zemewe n’amategeko ku […]
Post comments (0)