Kungira Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Kicukiro byarantunguye ariko byarananshimishije – Mutsinzi Antoine
Mutsinzi Antoine wavutse mu 1978, wamaze guhabwa inshingano z’Ubuyobozi Nshingwabikorwa bw’Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, avuga ko n’ubwo yatunguwe no guhabwa izo nshingano, ngo yashimishijwe n’icyo cyizere yagiriwe. MUTSINZI Antoine, umuyobozi mushya w’akarere ka Kicukiro Uwo mugabo wari usanzwe akora mu Karere ka Rulindo, aho yari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, yazamuwe mu ntera nk’uko bigaragara mu itangazo ryo ku itariki 31 Werurwe 2023, riturutse mu biro […]