Kuri uyu wa karindwi mata, abanyarwanda batangiye iminsi ijana yo kwibuka ku nshuro ya 25 abazize Jenoside yakorewe abatutsi.
Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cy’icyunamo, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye abarokotse Jenoside, avuga ko nyuma ya Jenoside ari bo bonyine bari basigaranye icyo batanga ari cyo mbabazi zabo.
Umva inkuru irambuye hano: