Leta yahagurukiye abaveterineri bigenga baca aborozi amafaranga bishakiye igihe bagiye kuvura amatungo, kandi hari iteka rigena ibiciro by’ubuvuzi bw’amatungo.
Iteka rya Minisitiri no 017/11.30 ryo ku wa 21 Ukuboza 2017, rishyiraho ikigereranyo cy’amafaranga yishyurwa umuganga w’amatungo (Veterinaire), ryerekana ibiciro bya serivisi zitandukanye ariko ntibyubahirizwa, cyane ko n’aborozi batarizi bigatuma bahendwa.
Umva inkuru irambuye hano: