Umuturage yaciwe ikirimi arembera mu rugo, uwakimuciye aratoroka
Nyirahabineza Gertulde perezida w’abavuzi gakondo mu Rwanda (AGA Rwanda Network) arasaba inzego z’umutekano n’ubuyobozi bwite bwa Leta guhana bamwe mu bavuzi gakondo barenga ku mabwiriza bakavura indwara zibahuza n’inyama n’amaraso kubera gushaka amafaranga. Atangaje ibi nyuma y’aho uwitwa Kamatamu Jaqueline umuvuzi gakondo mu mudugudu wa Mitayayo ya mbere akagari ka Rwentanga umurenge wa Matimba aciriye umuntu ikirimi akarembera mu rugo yivurisha isukari n’umunyu. Ibi bikaba byarabaye ku wa gatatu w’icyumweru […]
Post comments (0)