Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya ari na we ufite mu nshingano imitegurire y’icyo gishushanyombonera cy’Igihugu, avuga ko kikirimo gutegurwa ariko kizasohoka mu mezi make ari imbere.
Dr Mujawamaria avuga ko icyo gishushanyo mbonera kizaba kigaragaza buri kintu n’aho kigomba gukorerwa, kugira ngo hirindwe kototera ubutaka burimo inyamaswa. Minisitiri w’Ibidukikije avuga ko ubuturo bw’ibinyabuzima byose ndetse n’ahandi habifitiye akamaro, hagomba kurindwa no kwitabwaho ku buryo ibikorwa by’abantu bitahavogera.
Muri kino kiganiro Gentil Gedeon aragaruka ku mateka y'ubuzima bwa Ernesto "Che" Guevara, umwe mu baharaniye ukwishyira ukizana kw'ibihugu byo ku mugabane wa Amerika y'Amajyepfo; by'umwihariko impinduramatwara yo muri Cuba ari kumwe na Fidel Castro. Ese kuko abanyamerika bamwanganga urunuka? Bigenda bite kugira ngo yicwe? Byumve muri kino kiganiro kirambuye hano:
Post comments (0)