Madame Jeannette Kagame yasabye abagore kurushaho gukora cyane muri ibi bihe bya Covid-19
Madamu Jeannete Kagame avuga ko abagore nk’abayobozi, ababyeyi n’abayobozi mu nzego zitandukanye, basabwa gukomeza gukora cyane muri ibi bihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19. Yabitangaje mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya 5 y’umuryango ‘Motsepe Foundation’, yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, kuri uyu munsi hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’abagore. Iyi nama yagarutse cyane ku ruhare rw’umugore mu guhangana n’ingaruka za Covid-19. Madame Jeannette Kagame yavuze ko icyorezo cya Covid-19 cyagize ingaruka ku bantu […]
Post comments (0)