Perezida Kagame asanga ari ngombwa gushora imari mu ikoranabuhanga
Ku gicamunsi cy’ejo ku wa mbere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame afatanyije n’umushoramari Carlos Slim hamwe n’Umuyobozi Mukuru wa UNESCO Audrey Azoulay, ndetse n’Umuyobozi w’Ikigo Mpuzamahanga cy’Itumanaho (ITU) Houlin Zhao, bayoboye inama ya komisiyo mpuzamahanga y’umuyoboro mugari wa interineti. Iyo nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, yari ifite insanganyamatsiko yo kubaka ikoranabuhanga ridaheza, nyuma y’icyorezo cya Covid-19. Perezida Kagame yavuze ko ikoreshwa ry’umuyoboro mugari wa interineti ryiyongereye cyane muri ibi bihe by’icyorezi […]
Post comments (0)