KT Radio Real Talk, Great Music
U Rwanda rwifuza ubufatanye n’amahanga mu guhana icyaha cyo guhakana no gupfobya Jenoside KT Radio Team
Ni nyuma y’ibiganiro byahuje abadipolomate bakorera mu Rwanda na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) hamwe na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, ku wa mbere tariki 11 Mata 2022.
Ibyo biganiro byari bigamije kurebera hamwe uruhare rw’imiryango mpuzamahanga mu iterambere ry’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Written by: KT Radio Team
Copyright © 2022 KT Radio. All Rights Reserved.
Post comments (0)