Ubyumva Ute – Kwakira inama ya CHOGM bizafasha iki uburezi bw’u Rwanda
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza ari kumwe na Gaspard Twagirayezu (MINEDUC); baraganira ku nyungu mu rwego rw'uburezi u Rwanda ruzakura mu muryango wa Commonwealth, by'umwihariko nyuma yo kwakira inama ya CHOGM. Umva ikiganiro kirambuye hano:
Post comments (0)