U Rwanda rwatanze kandidatire ya Mushikiwabo ku bunyamabanga bwa OIF muri manda ya Kabiri
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), Louise Mushikiwabo, yatangaje ko u Rwanda rwamaze kumutanga ho umukandida muri manda ya kabiri, yo kuyobora uyu muryango. Madumu Mushikiwabo mu kiganiro cyihariye yagiranye na TV 5 Monde, ku cyumweru tariki 24 Nyakanga 2022, yavuze ko yiteguranye ubushake bwo gukomeza imirimo ye. Madamu Mushikiwabo yatangaje ko u Rwanda rwamaze kumutanga ho umukandida. Ndetse ko kandidatire ye yamaze gushyikirizwa Nikol Pashinyan, Minisitiri w'Intebe wa […]
Post comments (0)