Ukemuye amakimbirane mu miryango uba urwanyije n’ibindi bibazo – Min Nyirahabimana
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Solina Nyirahabimana, avuga ko iyo ibibazo by’amakimbirane mu miryango bikemuwe haba harwanyijwe ibindi byinshi biyashamikiyeho nk’igwingira ry’abana, guta ishuri, ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, ubukene n’ibindi. Min Solina yasabye abayobozi guhora bisuzuma aho bageze ariko by’umwihariko mu gukemura amakimbirane mu miryango Yabitangaje ku Cyumweru tariki 7 Kanama 2022, ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi itatu w’abagize Inama njyanama, abayobozi b’amashami mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa […]
Post comments (0)