Ubyumva Ute – Ibiciro by’amashanyarazi
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku mpinduka zabaye ku biciro by'amashanyarazi. Ari kumwe na Norbert Kamana (RURA) na Nkubito Kamugisha Stanley (REG). Umva ikiganiro kirambuye hano:
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku mpinduka zabaye ku biciro by'amashanyarazi. Ari kumwe na Norbert Kamana (RURA) na Nkubito Kamugisha Stanley (REG). Umva ikiganiro kirambuye hano:
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku itegeko ryo gutanga amakuru n'uburyo rikoreshwa. Ari kumwe na Kajangana Jean Aime (Urwego rw'Umuvunyi). Umva ikiganiro hano:
Muri kino kiganiro Anne Marie ari kumwe na Innocent Asiimwe Mudenge, Rwanda Information Society Authority (RISA) na Dasire Ruhimuka (MTN); bari kuganira kuri gahunda ya Connect Rwanda igamije gutanga smart phones ku batazifite Umva ikiganiro kirambuye hano:
Leta y’u Rwanda iravuga ko yashyizeho uburyo bwo kongerera ubushobozi gahunda y’ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de sante) hagamijwe gukemura ibibazo bijyanye n’abaturage batishyura ubwisungane mu kwivuza ndetse abandi bivuza ariko ntibishyure. Ni nyuma y’uko amavuriro hirya no hino mu gihugu ahora ataka ibihombo aterwa no kuvura abantu benshi ariko ntibishyure bikagira ingaruka kuri serivisi zihabwa abandi babigana. Byumve muri kino kiganiro mugezwaho na Anne Marie Niwemwiza
Muri kino kiganiro, Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku bikorwa byo gusenyera abaturage batuye mu bishanga n'ahandi hashyira ubuzima bwabo mu kaga; muri gahunda ubuyobozi bw'umugi wa Kigali buvuga ko igamije kurokora ubuzima bwabo. Anne Marie ari kumwe na Bayingana Emmanuel (Umuyobozi w'agateganyo w'akarere ka Kicukiro), Ramba Marc (Umusesenguzi) na Umutoni Gatsinzi Nadine (Vice Mayor - Umugi wa Kigali)
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza n'abatumirwa be baragaruka ku byemezo bifatwa na Minisiteri y'Uburezi, by'umwihariko bavuge ku cyemezo kwigisha mu rurimi rw'icyongereza mu mashuri abanza. Anne Marie ari kumwe na Oswald Mutuyeyezu (Umunyamakuru), Batamuriza Joyce (Umurezi), Iraguha Prudence (Art For Peace).
Muri kino kiganiro Anne Marie aragaruka kuri gahunda yo kwigisha abana mu kinyarwanda, ndetse no kubaha ibizamini mu kinyarwanda. Ni gahunda ireba cyane icyiciro cya mbere cy'amashuri abanza. Anne Marie ari kumwe na Irenee Ndayambaje (REB) na Iraguha Prudence (Analyst). Umva ikiganiro hano: