Perezida wa Zambia ari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda
Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, kuva kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2023, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ni uruzinduko rugamije gushimangira umubano hagati y’u Rwanda na Zambia. Perezida wa Zambiya yakiriwe na Prof Nshuti Manasseh, umunyamabanga wa Leta muri MINAFFET ushinzwe EAC Perezida wa Zambia, Hichilema agiriye uruzinduko mu Rwanda nyuma y’uko Mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame muri Mata umwaka ushize yasuraga iki gihugu giherereye […]