Amanota y’abarangije amashuri yisumbuye yatangajwe
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) hamwe n’ibigo biyishimikiyeho batangaje amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye, aho uwatsinze ku rugero rw’ikirenga yagize 60 mu gihe urugero rwa nyuma ari 9. Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr Bernard Bahati, yasobanuye ibyavuye mu bizamini Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), Dr Bernard Bahati, yagize ati "Muri aba banyeshuri bose barangije amashuri yisumbuye, uwagize ikigereranyo cyo hejuru ni ukuba afite 60, ntabwo ari amanota 60, hanyuma […]