Inkuru Nyamukuru

5907 Results / Page 1 of 657

Background

Inkuru Nyamukuru

Paul Kagame yatanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangiye kwakira kandidatire z’abifuza kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Gicurasi 2024, ku ikubitiro ikaba yakiriye kandidatire ya Paul Kagame, Umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi, ari na we usanzwe ayobora u Rwanda. Perezida Kagame yatowe na FPR-Inkotanyi ku itariki ya 09 Werurwe 2024, nk’umukandida uzahagararira uwo mutwe wa politiki mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024, akaba yaragize amajwi 99,1% mu […]

todayMay 17, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kicukiro: Bafashe uwakatiwe Burundu n’Inkiko Gacaca wari warahinduye amazina

Inzego z’umutekano zafashe uwitwa Gasake Weralis w’imyaka 73 y’amavuko, afatirwa mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako, mu Murenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro, akaba yari yarahinduye amazina aho yiyita Muteesasira Weralis Kasachi, nk’uko bigaragazwa n’ibyangombwa agenderaho yafatiye mu Gihugu cya Uganda. Amakuru atangwa n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko Gasake yakoze Jenoside, abonye Inkiko Gacaca zitangiye, ahita acika ajya gutura muri Uganda, Inkiko Gacaca zikaba […]

todayMay 17, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kuki bahisemo gushyigikira FPR kandi bafite imitwe ya politiki yabo?

Mu gihe habura iminsi micye ngo Abanyarwanda baba imbere mu gihugu ndetse n’abatuye hanze, binjire mu bihe by’amatora y’umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, imwe mu mitwe ya politiki yamaze kwerekana aho ihagaze. Hari iyatanze abakandida bazayihagararira mu matora indi ihitamo gushyigikira umukandida watanzwe n’umuryango FPR Inkotanyi. Mu Rwanda habarirwa imitwe ya Politiki yemewe 11. Aha twavuga PSD, PL, UDPR, PS Imberakuri, PSP, PDC, PSR, FPR Inkotanyi, PPC, DGPR, na PDI. Mu rwego […]

todayMay 17, 2024

Inkuru Nyamukuru

Rulindo: Abarwayi 55 babazwe ishaza ryo mu jisho

Kuri uyu wa Kane tariki 16 Gicurasi 2024, Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku bufatanye na Polisi y’Igihugu, Minisiteri y’Ubuzima n’abandi bafatanyabikorwa batangije igikorwa cyo kubaga ishaza ryo mu jisho mu gihugu hose bikaba biteganyijwe ko abasaga 5000 bazabagwa ishaza mu gihugu hose. Ni muri gahunda yatangijwe muri Werurwe yiswe Defence and Security Outreach Programme aho inzego z’umutekano zegereje abaturage ibikorwa bitandunye by’iterambere n’ubuvuzi. Igikorwa cyo kubaga Ishaza kiri gukorwa mu […]

todayMay 16, 2024

Inkuru Nyamukuru

Abantu umunani barifuza kwiyamamaza nk’abakandida bigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iravuga ko hari abantu 8 basabye impapuro zibemerera kujya gushaka imikono mu turere ibemerera kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika. Ni amakuru Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 16 Gicurasi,aho yanongeyeho ko uretse abo umunani , hari n’abandi 41 basabye impapuro zo kujya gushaka imikono, ibemerera kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishinga Amategeko nk’Abadepite. Muri aba bose ariko, hari babiri bagaruye impapuro bahawe […]

todayMay 16, 2024

Inkuru Nyamukuru

Ibibazo duhuriyemo bishobora gukemuka turamutse dukoranye – Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo byigenga muri Afurika (Africa CEO Forum), yavuze ko inzego za Leta n’abikorera bakeneye gufatanya kuko ibibazo byose byakemurwa bahuje imbaraga. Perezida Kagame yavuze ko ibyo Afurika yaciyemo birimo Covid-19 n’ihindagurika ry’ikirere, bikwiye guha isomo abayituye. Yagize ati: “Ibibazo biturutse ku cyorezo, imihindagurikire y’ikirere, byatwigishije amasomo menshi y’ingenzi. Muri yo harimo kuba hakenewe gukorana bya hafi hagati y’urwego […]

todayMay 16, 2024

Inkuru Nyamukuru

USA: Biden na Trump bemeye guhurira mu biganiro

Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Gicurasi 2024, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden na Donald Trump bemeye guhurira mu biganiro mpaka kuwa 27 Kamena na 10 Nzeri. Biden abinyujije ku mbugankoranyambaga yagaragaje ko yiteguye kuba yahangana na Trump mu biganiro mpaka kuri televisiyo 2 zitandukanye. Biden ati: "Nkuko wabivuze: ahantu hose n’igihe icyo ari cyo cyose." Trump yise Biden "Umunyampaka mubi" yahuye nawe. Yanditse ku mbuga nkoranyambaga […]

todayMay 16, 2024

Inkuru Nyamukuru

VAR ishobora gukurwaho muri shampiyona y’u Bwongereza kuva 2024-2025

Ikoranabuhanga ry’amashusho rimaze imyaka itanu ryifashishwa muri shampiyona y’u Bwongereza mu gufata ibyemezo bimwe na bimwe by’imisifurire rishobora kuvaho guhera mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Ibyo gukurwaho kw’iri koranabuhanga ryifashishwa ryunganira umusifuzi ku byemezo bitandukanye hifashishijwe amashusho, byatangajwe n’ikinyamakuru The Athletic cyavuze ko kuri gahunda z’ibizigirwa mu Nteko Rusange y’amakipe 20 akina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza itegura umwaka w’imikino 2024-2025 izayahuza tariki 6 Kamena 2024 hariho no gutorera […]

todayMay 16, 2024

Inkuru Nyamukuru

Abantu umunani barifuza kwiyamamaza nk’abakandida bigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iravuga ko hari abantu 8 basabye impapuro zibemerera kujya gushaka imikono mu turere ibemerera kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika. Ni amakuru Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 16 Gicurasi,aho yanongeyeho ko uretse abo umunani , hari n’abandi 41 basabye impapuro zo kujya gushaka imikono, ibemerera kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishinga Amategeko nk’Abadepite. Muri aba bose ariko, hari babiri bagaruye impapuro bahawe […]

todayMay 16, 2024

0%