KT Radio Team

6592 Results / Page 195 of 733

Background

Inkuru Nyamukuru

U Burusiya bwahaye Ukraine imbohe z’intambara zirenga 130

Umukozi mukuru muri Perezidansi ya Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwarekuye abasirikare bayo barenga 130 bari barafashwe nk’imbohe z’intambara. Iki gikorwa cyo guhererekanya imbohe bivugwa ko cyabaye ku munsi wa pasika y’aba Orthodox. Ingabo z’u Burusiya n’iza Ukraine zimaze igihe zihererekanya imbohe zafatiwe ku rugamba muri iyi ntambara imaze amezi 14 Uburusiya bugabye ibitero kuri iki gihugu. U Burusiya bumaze kwigarurira bimwe mu bice bya Ukraine byo mu burasirazuba no […]

todayApril 16, 2023

Inkuru Nyamukuru

Kigali: Umunyamahanga yasubijwe amafaranga asaga Miliyoni enye aherutse kwibwa

Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mata 2023 yeretse itangazamakuru abasore babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni enye (4,110,000 Frw) mu modoka y’umunyamahanga Walker Jemrose Leonara mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko uyu Mwongerezakazi Walker Jemrose Leonara, yaparitse imodoka ahazwi nka Downtown mu Mujyi wa Kigali ku wa Gatatu […]

todayApril 16, 2023

Inkuru Nyamukuru

Yafatiwe mu cyuho yiba insinga z’amashanyarazi

Umugabo witwa Dukurikiyimana Céléstin yafatiwe mu cyuho, ari hejuru ku ipoto arimo kwiba insinga z’amashanyarazi ahita atabwa muri yombi hamwe n’abandi bantu bane bikekwako bafatanya muri ubwo bujura. Dukurikiyimana bamusanze arimo akata insinga z’amashanyarazi ku ipoto yari yuriye Ibi byabereye mu Kagari ka Kidomo, Umurenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke mu gitondo ku wa Gatandatu tariki 14 Mata 2023. Uwo mugabo watahuwe n’abaturage hamwe na Polisi, ubwo bamusangaga yuriye […]

todayApril 16, 2023

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yasabye mugenzi we Patrice Talon kuzasura u Rwanda

Perezida Paul Kagame yabye mugenzi we ea Benin Patrice Talon kuzasura u Rwanda ku matariki bazumvikanaho binyuze mu nzira za dipolomasi mu rwego rwo kurushaho gushimangira imibanire y’ibihugu byombi. Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bagirirye uruzinduko muri Benin kuva ku wa Gatanu tariki 14 Mata 2023 ku butumire bwa mugenzi we Patrice Talon. Ibiro by'umukuru w'igihugu cya Benin, byatangaje ko Perezida Kagame yasabye mugenzi we, Patrice Talon na we […]

todayApril 16, 2023

Inkuru Nyamukuru

Santrafurika: CSP Habintwari yahize abandi nk’umupolisi w’indashyikirwa mu butumwa bwa UN

Chief Superintendent of Police (CSP) Vincent B. Habintwari, Umuyobozi w’umutwe w’abapolisi b’u Rwanda (RWAPSU 1-7) bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) yotowe nk’umupolisi w’indashyikirwa. CSP Habintwari ni umuyobozi w’umutwe w’abapolisi b’u Rwanda (RWAPSU) ugizwe n’abagera ku 140, ushinzwe kurinda abanyacyubahiro bo muri iki gihugu cya Repubulika ya Centrafrique, barimo abayobozi bakuru muri Guverinoma, ab’Umuryango w’Abibumbye bakorera muri iki gihugu ndetse na bimwe mu […]

todayApril 16, 2023

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwemereye Benin ubufasha bwo kurwanya iterabwoba

Mu ruzinduko rw’akazi Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye muri Benin, hashyizwe umukono ku masezerano y’ubufatanye bw’ibihugu byombi, harimo ibijyanye no gufasha Benin guhangana n’imitwe y’iterabwoba. Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame barimo gusura ibihugu bya Benin na Guinea mu Burengerazuba bwa Afurika, guhera ku wa Gatanu tariki 14 Mata 2023, ariko Umukuru w’Igihugu we yageze muri Benin mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Perezida wa Benin Patrice Talon avuga […]

todayApril 16, 2023

Inkuru Nyamukuru

Kamonyi: Ukekwaho kwica uwari umukozi w’Akarere yarashwe arapfa

Mu rukerera rwo ku wa Gatandatu tariki 15 Mata 2023, umusore witwa Kubwimana Daniel w’imyaka 33 y’amavuko, yarasiwe mu Murenge wa Rukoma mu Kagari ka Remera mu Mudugudu wa Kanyinya ubwo yari agiye kwerekana bimwe mu byo yibye muri urwo rugo mu gihe yicaga nyakwigendera Mujawayezu Madeleine, akagerageza gucika inzego z’umutekano, nk’uko byasobanuwe. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma, Nsengiyumva Pierre Celestin, yavuze ko Kubwimana yagerageje gucika akoresheje amayeri yo kwiruka, […]

todayApril 15, 2023

Inkuru Nyamukuru

Uruhare rw’abahanzi n’abakoresha imbuga nkoranyambaga mu kwibuka ku nshuro ya 29

Muri iki gihe twibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, ibikorwa byo kwibuka bigenda bikorwa mu buryo bunyuranye. Ibyamamare binyuranye by’umwihariko abanyamuziki ni bamwe mu bakunze gutanga umusanzu w’ibihangano nk’indirimbo mu gihe cyo kwibuka. Ariko uyu mwaka by’umwihariko imbuga nkoranyambaga ni umwe mu miyoboro yakoreshejwe cyane n’abiganjemo ibyamamare n’urubyiruko mu bikorwa byo kwibuka. Ubwo icyumweru cyo kwibuka cyatangiraga ku itariki 7 Mata 2023 ibyamamare mu ngeri zose bari mu […]

todayApril 14, 2023

Inkuru Nyamukuru

Polisi y’u Rwanda yihanangirije abakora ubujura ihumuriza abaturage

Polisi y’u Rwanda yahumurije abaturarwanda ku kibazo cy’ubujura kimaze iminsi kigaragara mu duce tumwe na tumwe tw’igihugu, y’uko hakajijwe ingamba mu rwego rwo guhangana nabwo kandi ko abakora ubu bujura bazakomeza gushakishwa bagafatwa. Ni mu butumwa bwatanzwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, ku wa Kane tariki ya 13 Mata, ku cyicaro cya Polisi ku Kacyiru, mu kiganiro n’abanyamakuru. Yagize ati: “Turabanza duhumurize abaturarwanda […]

todayApril 14, 2023

0%