Davido yanenze ubuyobozi bwa Nigeria butuma abaturage badatera imbere
Umuhanzi w’Umunyanigeria, David Adedeji Adeleke, uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi nka Davido yagaragaje ko hakenewe ubuyobozi bufite icyerekezo kugira ngo Abanyanigeria n’Igihugu cyabo gitere imbere muri rusange. Uyu muhanzi w’icyamamare ku Isi mu njyana ya ‘Afrobeat’ yagaragaje uko abona imiyoborere y’Igihugu cye mu kiganiro na Elevate Africa. Davido yabishimangiye agira ati: "Ntidushobora gutera imbere tudafite […] uyu munsi dukeneye abayobozi beza, icyo ni cyo kintu cy’ingenzi." Uyu muhanzi yavuze ko […]