KT Radio Team

7076 Results / Page 65 of 787

Background

Inkuru Nyamukuru

Muganga w’abagore wari umaze imyaka 11 atarabyara yibarutse impanga

Muganga w’abagore, Dr Samuel Ndayishimiye uzwi cyane ku izina rya Sam, yabyaye ubwa mbere nyuma y’imyaka hafi cumi n’umwe (11) yari amaze ashatse, ariko bataragira amahirwe yo kubyara. Dr Sam n’abana be Ku wa Gatatu tariki 28 Gashyantare 2024, nibwo abana babiri b’impanga b’abakobwa bavutse, bavukiye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal, zikaba ari zo mfura z’uwo muryango, wari umaze igihe utegereje kuzabona uwo mugisha. Dr Sam ni umuganga w’abagore ubimazemo […]

todayFebruary 29, 2024

Inkuru Nyamukuru

Uzajya amenyekanisha ko atahawe inyemezabuguzi ya EBM azajya ahabwa ishimwe

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), bataganje ko umuntu uzajya amenyekanisha ko atahawe inyemezabuguzi ya EBM, azajya ahabwa ishimwe ringana na 50% by’ibihano biteganyijwe ku kutayitanga. Ibi bitangajwe nyuma y’itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ryo ku wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024, ryari rikubiyemo amateka atatu yemejwe, ajyanye n’imisoro ndetse n’abasora, harimo irigena uburyo bwo gusaba uruhushya rwo kugura serivisi zo mu mahanga zitaboneka mu Rwanda, iteka rya […]

todayFebruary 29, 2024

Inkuru Nyamukuru

Umufaransa Yannick Noah yageze mu Rwanda

Mu gicuku gishyira igitondo cyo kuri uyu wa kane, nibwo uwahoze ari umukinnyi wa Tennis akaba n’ikirangirire mu muziki, Umufaransa Yannick Noah, nibwo yasesekaye mu Rwanda aho aje kwitabira irushanwa mpuzamahanga rya Tennis, ATP Challanger 50 Tour, ririmo kubera mu Rwanda. Yannick Noah yasanganijwe indabo Yannick Noah nk’umukinnyi wakanyujijeho muri uyu mukino, ni umwe mu bazitabira iri rushanwa ribera ku butaka bw’u Rwanda bwa mbere mu mateka y’ibihugu biri munsi […]

todayFebruary 29, 2024

Inkuru Nyamukuru

IBUKA irasaba ko abakekwaho Jenoside bihishe muri Australia bashyikirizwa ubutabera

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ahishakiye Naphtal, asanga Australia ikwiriye gufata abakekwaho uruhare muri Jenoside bari muri icyo gihugu, bagashyikirizwa ubutabera. Froduard Rukeshangabo ni umwe mu bakekwaho uruhare muri Jenoside ubarizwa muri Australia Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye na Kigali Today, nyuma y’uko Abanyarwanda babiri bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi baherutse kugaragara bidegembya muri icyo gihugu. Ahishakiye avuga kuri abo Banyarwanda, […]

todayFebruary 29, 2024

Inkuru Nyamukuru

Ingabo na Polisi bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage

Ingabo na Polisi by’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego, bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage kugera ku iterambere n’imibereho myiza. Ni ibikorwa bizatangizwa ku wa Gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024, bikaba bifite insanganyamatsiko igira iti: "Imyaka 30 yo Kwibohora, ku bufatanye bw’Ingabo z’Igihugu, Inzego z’Umutekano n’Abaturage mu iterambere ry’u Rwanda". Uruhare rw’Ingabo na Polisi by’u Rwanda mu bikorwa by’iterambere n’imibereho myiza y’abaturage biteganywa n’amategeko agenga izi nzego. Ibi bikorwa bizakorerwa […]

todayFebruary 29, 2024

Inkuru Nyamukuru

Mali: Abantu 31 baguye mu mpanuka y’imodoka

Minisiteri yo gutwara ibintu n’abantu muri Mali yatangaje abantu bagera kuri 31 baguye mu mpanuka y'imodoka ya bisi ubwo yibirunduraga ku kiraro kiri hafi y'Umujyi wa Kenieba. Iyo mpanuka yabaye ku wa kabiri mu masaha ya saa kumi n’imwe kw’isaha yo mu karere, bivugwa ko yabereye ku muhanda werekeza muri Burkina Faso, nk’uko Minisiteri yo gutwara abantu n'abantu ibivuga. Iyo Minisiteri yatangaje ko abanyamali n’abandi bantu bakomoka mu bindi bihugu […]

todayFebruary 28, 2024

Inkuru Nyamukuru

Nigeria: Abantu 6 baguye mu mpanuka y’inzu yari ikiri kubakwa

Inyubako yari iki kubakwa muri Nigeria yaguye ihitana abantu 6 mugihe abandi bantu baba bakiri munsi y’ibisigazwa byayo byabaguye hejuru. Ni inyubakwo y’amaduka arenga 120 yahanutse ikaba yari iherereye mu mujyi wa Onitsha mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Nigeria muri Leta ya Anambra. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibiza, National Emergency Management Agency (NEMA) cyatangaje ko abantu babashije gutabarwa bajyanywe kwitabwaho n'abaganga mugihe hari gusahakishwa abandi baba bakiri munsi y'ibisigazwa. Cyagize kiti: “Bamwe mu […]

todayFebruary 28, 2024

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rugiye gushyiraho urukiko rw’impunzi n’abimukira

Guverinoma y’u Rwanda igiye gushyiraho urukiko rudasanzwe ruzajya rufasha impunzi n’abimukira mu manza n’ibindi bibazo byo mu butabera. Bamwe mu bimukira baherutse kwakirwa mu Rwanda Ni icyemezo kiri muri gahunda y’amasezerano avuguruye hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza ku guhererekanya abimukira, amasezerano kugeza ubu arimo gusuzumwa na komite ishinzwe ububanyi n’amahanga, ubutwererane, n’umutekano mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Ibi byatangajwe n’abayobozi muri Minisiteri y’Ubutabera n’iy’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ukaba ari umushinga […]

todayFebruary 28, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kenya: Hari Ingabo z’u Rwanda zitabiriye imyitozo yateguwe n’Igisirikare cya Amerika

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda(MoD), yatangaje ko hari abasirikare b’u Rwanda bari kumwe na bagenzi babo baturuka mu bihugu 23 byo hirya no hino ku Isi, mu myitozo ikomeye yiswe ’Codenamed Justified Accord’ ibera muri Kenya. Iyi myitozo irimo gukorwa kuva tariki 25 Gashyantare kugera tariki 07 Werurwe 2024, itegurwa n’Igisirikare cya Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA), gikorera mu Burayi bw’Amajyepfo (SETAF-AF). Ni imyitozo irimo gukorerwa mu kigo cya gisirikare cyo […]

todayFebruary 28, 2024

0%