Nataye umwanya hafi no kubura ubuzima – Umuraperi Green P
Umuraperi Elia Rukundo wamenye nka Green P, wamamaye mu itsinda rya Tuff Gang yagaragaje ko ikintu yicuza mu buzima bwe ari umwanya yataye mu bigare byamujyanye mu nzira mbi zatumye habura gato ngo ahatakarize ubuzima. Green P uri mu baraperi bagize uruhare mu guteza imbere injyana ya Hip Hop mu Rwanda yabitangaje ku wa Gatandatu tariki 27 Mutarama ubwo yari Umutumirwa mu makuru kuri Radio Rwanda. Uyu muraperi yavuze ko […]