U Burusiya: Igisirikare kizakoresha miliyari 145 z’amadolari umwaka utaha
Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya, yatangaje ko igisirikare kizakoresha miliyari 145 z’amadolari y’Amerika mu mwaka utaha wa 2025. Aya mafaranga u Burusiya buzakoresha mu bya gisirikare mu 2025 ni menshi ugereranyije n’ayo bwakoresheje mu bihe byashize. Ibiro ntaramakuru bya Amerika (AP), byatangaje ko 32.5% by’amafaranga Leta y’u Burusiya iteganya gukoresha mu mwaka utaha azashyirwa mu bya gisirikare. Urubuga rwa Leta y’u Burusiya rugaragaraho uko ingengo y’imari iteganyiwe muri rusange, Minisiteri y’Ingabo […]