Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 101 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Ba Gitifu b’Imirenge bambuwe uburenganzira bwo gutanga amakuru: MINALOC na RMC barabivugaho iki?

Mbere yo kujya mu itorero ISONGA ryahuje ba Gitifu kuva ku rwego rw’Imirenge kugera ku rwego rw’Intara, ryamaze iminsi itandatu ribera mu kigo cy’ubutore cya Nkumba kuva tariki 26 Ugushyingo kugeza tariki 02 Ukuboza 2023, ba Gitifu b’Imirenge ni bamwe mu bayobozi bashimirwaga gutanga amakuru mu buryo bwihuse, nk’uko itegeko ry’imitangire y’amakuru ribigena. Nyuma yo gusoza iryo torero, byagaragaye ko umuco bari bafite wo gutanga amakuru nk’uko biri mu nshingano […]

todayDecember 21, 2023

Inkuru Nyamukuru

Umuyobozi Mukuru wa Hamas ari mu ruzinduko mu Misiri

Umuyobozi mukuru wa Hamas, Ismail Haniyeh, ari mu ruzinduko i Cairo rugamije kuganira n’abayobozi ba Misiri ku ntambara yo muri Gaza, bishobora kuba birimo n’akandi gahenge. Muri iyi minsi, igitutu ni kinshi kugirango imirwano ihagarare no gutuma imfashanyo zibasha kwinjira muri Gaza, na Hamas ikomeze kurekura abantu yafashe bugwate.Mu rwego rwa dipolomasi, ababikurikiranira hafi bemeza ko Haniyeh, usanzwe uba muri Qatar, ku kwihagurukira ubwe hari ikizere ko ibiganiro biri mu […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Uganda: Abantu 10 baguye mu gitero cya ADF

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yatangaje ko abarwanyi bo mu mtwe wa Allied Democratic Force bagabye icyo gitero cyahitanye abantu 10 baturutse muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni igitero cyabaye ku wa Kabiri mu gace ka Kamwenge mu Burasirazuba bwa Uganda ndetse aba barwanyi ngo bakaba bari bamaze igihe bahigwa n'inzego z'umutekano za Uganda. Umuvugizi w'igisirikare avuga ko bageze ku butaka bwa Uganda mu kwezi kw'Ugushyingo. Icyo gitero kibaye gikurikira […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Polisi n’abatwara abagenzi biyemeje kurinda abantu kurara muri gare mu mpera z’umwaka

Polisi y’u Rwanda hamwe n’Ishyirahamwe ry’Ibigo bitwara abagenzi mu Rwanda (ATPR), basezeranye ko muri izi mpera z’umwaka hatakongera kuboneka umubyigano w’abantu benshi, ukunze guteza bamwe kurara muri gare ya Nyabugogo. Biyemeje kurinda abantu kurara muri gare mu mpera z’umwaka Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, avuga ko muri iyi minsi mikuru isoza umwaka ndetse ari n’igihe cyo gutaha kw’abana bava ku mashuri, ku mihanda no muri gare hashyizwe […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Sudani: Umutwe wa RSF urwanya leta wigaruriye umujyi w’intara ya Al Gezira

Umujyi wa Wad Madani ukaba n'umurwa mukuru w’intara ya Al Gezira muri Sudani wafatwaga nk’ingenzi cyane, ubu biravugwa ko wigaruriwe n’umutwe w’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zihanganye n'ingabo za leta. Gufata uyu mujyi ni bimwe mu bigaragaza ko umwuka urushaho kuba mubi cyane mu ntambara imaze amezi umunani muri iki gihugu. Umutwe wa RSF urigamba ko wigaruriye uwo murwa mukuru n’ibirindiro by’ingabo, ibyakuye abantu benshi mu byabo muri Al […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Inzozi nakuranye zo guhura na Perezida Kagame ndagenda nzisatira – Meya Mukandayisenga

Umuyobozi mushya w’Akarere ka Gakenke, Mukandayisenga Vestine, arishimira icyizere aherutse kugirirwa atorerwa kuyobora ako karere, akaba yemeza ko bishobora kumubera ikiraro kimuhuza n’Umukuru w’Igihugu ahora arota kuzamusuhuza imbonankubone. Mukandayisenga Vestine, Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke ubwo yarahiraga Ibyo byose ngo azabigezwaho n’intego yihaye yo kuyobora neza abaturage no kubateza imbere afatanyije na bagenzi be, ibyo bikazahesha Akarere ka Gakenke kuza mu myanya itatu ya mbere mu mihigo, ihabwa igihembo n’Umukuru w’Igihugu. […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Dr Munyemana Sosthène ahamijwe ibyaha bya Jenoside, akatirwa igifungo cy’imyaka 24

Dr Munyemana Sosthène wamenyekanye ku izina ry’Umubazi wa Tumba, akaba yari akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, ibyaha byibasiye inyokomuntu n’ubufatanyacyaha muri ibyo byaha, yahamwe n’ibyaha bya Jenoside, n’ibyaha byibasiye inyokomuntu akatirwa igifungo cy’imyaka 24, akaba yemerewe kujurira mu minsi 10 uhereye none tariki 20 Ukuboza 2023. Dr Munyemana Sosthène Ni ibyaha yari amaze hafi amezi abiri akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha, mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, akaba yarabikoreye i Tumba mu […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Bafatanywe ibilo birenga 100 by’urumogi rwari ruvanze n’amakara

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z'umutekano n’abaturage mu Karere ka Rusizi, yafatanye umugabo w’imyaka 40 n’umugore w’imyaka 39 y’amavuko, imifuka ine irimo amakara avanze n’urumogi rupima ibiro 108. Bafatiwe mu murenge wa Nyakarenzo, akagari ka Kabuye mu mudugudu wa Mugerero, mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 17 Ukuboza, ahagana ku isaha ya saa tatu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, […]

todayDecember 20, 2023

Inkuru Nyamukuru

Kigali: Bisi 100 zitwara abagenzi zari zitegerejwe zarahageze

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko bisi zari zitegerejwe zagombaga kuza muri uyu mwaka zamaze kuhagera, mu rwego rwo korohereza abagenzi mu ngendo mu Mujyi wa Kigali. Bisi 100 zitwara abagenzi zari zitegerejwe zarahageze Ni Bisi zije nyuma y’uko mu kwezi k’Ukwakira hari herekanywe izindi bisi 20, na zo zahise zitangira gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, mu gihe hari hagitegerejwe izindi 100 zagombaga kuzanwa na Leta. Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA), […]

todayDecember 20, 2023

0%