Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 106 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Nigeria: Abasirikare bane baguye mu gitero cy’abitwaje intwaro

Polisi yatangaje ko abantu bitwaje intwaro bagabye igitero cyahitanye abasirikare ba leta bane ndetse bashimuta n'Abanyakoreya y'Epfo babiri. Icyo gitero cyabereye muri leta ya Rivers, iri mu majyepfo y’igihugu. Abasirikare bari baherekeje Abanyakoreya ba sosiyete Daewoo bari bagiye mu kazi aho bacukura peteroli. Ababateze bishe n’abashoferi babo babiri b’abasiviri banatwara n’imbunda abasirikare bari bafite. Sosiyete nyinshi zo muri Aziya, by’umwihariko mu Bushinwa na Koreya y’Epfo, zikora muri Nigeria, cyane cyane […]

todayDecember 14, 2023

Inkuru Nyamukuru

Batatu bafatanywe amacupa arenga 4000 y’amavuta yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, yafatiye mu Karere ka Gasabo abagabo batatu bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukologo nyuma yo kubagwa gitumo bafite amacupa yayo 4136. Yafatiwe mu gipangu cy’umugabo ufite imyaka 32 ari nawe nyirayo giherereye mu mudugudu wa Karubibi, akagari ka Cyaruzinge mu murenge wa Ndera, mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki 12 Ukuboza. Abandi bafatiwe muri […]

todayDecember 14, 2023

Inkuru Nyamukuru

Imishinga ya miliyari zirenga 2 z’amadorali mu karere ka Bugesera

Akarere ka Bugesera kamaze kuba ikimenyabose mu gihe cyera kafatwaga nk’ahantu habi bivugwa ko habaga isazi z’ubumara zitwa Tse-Tse, maze Leta za cyera zikahatuza abo zanga ngo bahagwe, Bugesera ubu igiye kuba irembo isi yose yinjiriramo iza mu Rwanda. Ibi byatewe n’uko aka karere kitaweho na Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda, ahari hagiye kuba ubutayu ikahatera ibiti bikurura imvura ndetse igafata n’izindi ngamba zatumye ubuzima bugaruka. Ibi rero byatumye benshi bakunda Bugesera, […]

todayDecember 14, 2023

Inkuru Nyamukuru

Igenamigambi rikorwa rijyanye n’ubwiyongere bw’abaturage?

Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryakozwe muri 2022 ryagaragaje ko u Rwanda rutuwe n’abasaga miliyoni 13 mu gihe mu mwaka wa 2052 bazaba ari hafi miliyoni 24. Ibyo bivuze ko hazakenerwa Aho kuba, Ibizabatunga, Amashuli, Amavuriro, n’ibindi bikorwa remezo binyuranye. Ese igenamigambi rihari uyu munsi rijyana n’uko kwiyongera kw’abaturage? Ibarura rusange rya mbere ryabaye mu Rwanda muri Kanama 1978, ryagaragaje ko abaturage bose bari 4,831,527, abatuye mu mijyi icyo gihe bakaba […]

todayDecember 14, 2023

Inkuru Nyamukuru

Minisitiri Biruta yakiriye Umuyobozi wa OIM mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yakiriye, Ashley James Carl, Umuyobozi mushya w’Umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira (IOM), ishami ry’u Rwanda baganira ku kwagura ubufatanye hagati y’impande zombi. Aba bayobozi babonanye kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ukuboza 2023, nk’uko Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yabitangaje. Taliki 12 Nzeri 2023, nibwo Bwana Ashley James Carl, yashyikirije Prof Manasseh Nshuti wari Umunyabanga wa Leta muri Minisitiri y’ububanyi n’amahanga, […]

todayDecember 13, 2023

Inkuru Nyamukuru

Shampiyona ya Turkiya igiye gusubukurwa

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Turkiya ryatangaje ko shampiyona y'umupira w'amaguru izasubukurwa tariki 19 Ukuboza 2023 nyuma yo guhagarikwa igihe gito kubera ikubitwa ry'umusifuzi Halil Umut Meler. Byari mu mukino wahuzaga amakipe MKA Ankaragucu na Caykur Rizespor yo mu cyiciro cya mbere. Umusifuzi akimara guhuha mu ifirimbi isoza umukino, Perezida w'ikipe MKA, Faruk Koca, yirukiye mu kibuga atangira guhata ibipfunsi umusifuzi Umut nyuma yuko ikipe ye itsinzwe igitego cyo kunganya ku […]

todayDecember 13, 2023

Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Hasojwe amahugurwa agenewe Abapolisi bacunga umutekano wo mu mazi

Abapolisi 10 bakorera mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe gucunga umutekano wo mu mazi (Marine Unit) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Ukuboza, basoje amahugurwa bamazemo ibyumweru bibiri abera mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu. Ni amahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na Carabinieri yohereje abarimu bo mu kigo gitanga amahugurwa y’ubumenyi mu byo koga no gucubira mu mazi (Scuba Diving Centre) giherereye i […]

todayDecember 13, 2023

Inkuru Nyamukuru

Umuhanda Kagitumba-Kayonza-Rusumo wafunguwe ku mugaragaro

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo (MININFRA), Dr Jimmy Gasore, ari kumwe n’Abafatanyabikorwa ba Leta, batashye umuhanda Kagitumba-Kayonza-Rusumo, wambukiranya ibihugu bya Uganda, u Rwanda na Tanzaniya, nyuma y’imyaka itandatu (kuva muri 2017) wari umaze wagurwa. Umuhanda waraguwe Ikorwa ry’uyu muhanda ureshya n’ibilometero 208 (km) ryagizwemo uruhare n’imiryango mpuzamahanga inyuranye, bitewe n’akamaro ufite mu buhahirane bw’abatuye ibice by’uburasirazuba bw’Umugabane wa Afurika. Ni umuhanda uhuza ibice bya Busega-Mpigi ku ruhande rwa Uganda, ugahinguka i Kagitumba […]

todayDecember 13, 2023

Inkuru Nyamukuru

U Bubiligi: Uwunganira Pierre Basabose yarwariye mu Rukiko urubanza rurasubikwa

Mu gihe haburaga iminsi itageze kuri ibiri ngo urubanza ruregwamo Séraphin Twahirwa na Pierre Basabose, rwasubitswe kubera Avocat warwaye akajyanwa kwa muganga igitaraganya. Ku wa Mbere tariki 11 Ukuboza 2023, nyuma y’uko hari hakomeje igikorwa cyo kumva ibyifuzo byatangwaga n’abunganira abaregera indishyi, abunganira abaregwa, abashinjacyaha, byageze ku gicamunsi umwe muri bo ararwara bituma urubanza rusubikwa. Uwarwaye ni Maître Jean Flamme wunganira Pierre Basabose, ubwo yari agezweho, mu burakari bwinshi yabwiye […]

todayDecember 13, 2023

0%