Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 131 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Chancelier w’u Budage aragirira uruzinduko rwa gatatu muri Afurika

Chancelier w’Ubudage, Olaf Scholz, muri izi mpera z’icyumweru azagirira uruzinduko rwe rwa gatatu muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara muri iyi myaka ibiri. Scholz azasura igihugu cya Nijeriya gikora ingufu nyinshi z’amashanyarazi kimwe na Ghana. Ikibazo cy’abinjira n’abasohoka hamwe n’umutekano muke muri Afurika yo mu burengerazuba, na byo biri kuri gahunda ye y’ibyo azasuzuma. Anton Hofreiter, umudepite wo mw’ishyaka German Green party yavuze ko impamvu y’urwo ruzinduko, ishingiye ku […]

todayOctober 28, 2023

Inkuru Nyamukuru

Perezida Macron yasabye ko habaho agahenge mu ntamabara Israheli ihanganyemo na Hamas

Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku wa gatanu, yasabye ko haba agahenge mu ntamabara hagati ya Israheli n'umutwe wa Hamas kugirango abasivile bo mu ntara ya Gaza babashe kurindwa. Perezida Emmanuel Macron nubwo yavuze ibi, ariko yemeye ko Israheli ifite uburengenzira bwo kurwanya iterabwoba. Yakomeje avuga ko umwanzuro Israheli yafashe wo gufunga amayira yose yinjira n'asohoka muri Gaza kuburyo nta kintu kinjira cyangwa ngo gisohoke, kugaba ibitero ititaye ku baturage, […]

todayOctober 28, 2023

Inkuru Nyamukuru

Intare zimaze kurenga 100: Ubwiyongere bw’inyamaswa muri Pariki y’Akagera

Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera buratangaza ko inyamaswa muri iyi pariki zimaze kwiyongera ku kigero cya 127% kuva mu myaka 13 ishize. Ibi ni umusaruro w’ingamba zitandukanye zashyizweho harimo no kuzanamo izindi nyamaswa, bikaba byarazamuye umubare w’intare zazanywemo ari eshanu mu 2015 ubu zikaba zimaze kwikuba inshuro hafi 30. Mu nyigo iyi pariki yakoze mu cyumweru cya mbere cya Kanama ya 2022 n’iy’uyu mwaka wa 2023, imibare y’ibanze igaragaza ko […]

todayOctober 28, 2023

Inkuru Nyamukuru

BNR yafunze Forex Bureaus esheshatu zizira kwimana Amadolari

Mu bice bitandukanye by’Igihugu, by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, hamaze iminsi havugwa amakuru y’uko Amadolari ya Amerika yabuze ku isoko. Abavuga ibi babishingira ku kuba bagana za Forex Bureaus zinyuranye bashaka Amadolari ariko bagataha amara masa. Abayacuruza na bo bashimangira ko nta madolari ari ku isoko. Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa Mu gushaka kumenya amakuru y’impamo, Kigali Today yegereye Banki Nkuru y’u Rwanda, maze iyibaza icyaba gitera […]

todayOctober 28, 2023

Inkuru Nyamukuru

Burundi: IGP Namuhoranye yitabiriye inteko rusange ya EAPCCO

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye yitabiriye inteko rusange ya 25 y'Umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi zo mu bihugu by'Afurika y'Iburasirazuba (EAPCCO) yabereye i Bujumbura mu Burundi ku wa Gatatu tariki 25 Ukwakira. Inama ya EAPCCO ihuza abayobozi bakuru ba Polisi (CPC), yayobowe na Visi-Perezida w'u Burundi, Bazombanza Prosper, yari ifite insanganyamatsiko igira iti: "Kwifashisha ubushobozi bw'inzego za Polisi mu Karere mu guteza imbere ubufatanye mu […]

todayOctober 28, 2023

Inkuru Nyamukuru

Ukekwaho ubujura wari ugiye gushyikirizwa u Burundi yikomerekeje birasubikwa

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwasubitse igikorwa cyo gushyikiriza inzego z’umutekano z’u Burundi uwitwa Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30, ukekwaho kunyereza amafaranga menshi y’Amarundi agahungira mu Rwanda. Abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda n’urw’u Burundi bemeje ko kohereza Bukeyeneza bizakorwa nakira Mu gitondo cyo ku wa Gatanu, tariki 20 Ukwakira 2023, nibwo hari hateganyijwe igikorwa cyo gushyikiriza inzego z’umutekano z’u Burundi Bukeyeneza, ariko gisubikwa ku munota wa nyuma. Ni nyuma y’uko RIB […]

todayOctober 21, 2023

Inkuru Nyamukuru

Umukozi ushinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge bw’inganda yafashwe yakira ruswa ya Miliyoni 25 Frw

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze umukozi wafatiwe mu cyuho yakira ruswa. RIB ivuga ko uwitwa Valens Uwitonze, umukozi ushinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge bw’inganda mu Kigo cy’Igihugu gitsura Ubuziranenge (Rwanda Standards Board) yakira ruswa ya Miliyoni 25,000,000 Frw kugira ngo atange icyangombwa kigaragaza ubuziranenge. Uwitonze afungiye kuri Sitasiyo ya Kimihurura mu gihe dosiye ye irimo gutunganywa ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. RIB irashimira abantu bakomeje kwanga kwishora mu bikorwa bya ruswa ahubwo […]

todayOctober 21, 2023

0%