Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 133 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Abasirikare bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda basobanuriwe ibikorwa bya RDF

Abasirikare bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, bahawe ikiganiro ku bikorwa by’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), uko umutekano uhagaze imbere mu gihugu no mu Karere muri rusange. Ni ikiganiro cyatangiwe ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda, giherereye ku Kimihurura, ku wa Gatanu tariki 06 Ukwakira 2023, nk’uko Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda ibitangaza. Ubwo yabahaga ikaze, umuyobozi mukuru ushinzwe imibanire n’amahanga mu Ngabo z’Igihugu, Brig Gen Patrick Karuretwa, yavuze ko iki kiganiro ari […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yatashye ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Ukwakira 2023, Perezida Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame, bafunguye ku mugaragaro ishami ry’Afurika ry’Ikigo mpuzamahanga cy’Ubuvuzi cya IRCAD Africa, rizajya ryifashishwa mu bushakashatsi n’Amahugurwa ku ndwara ya kanseri ifata urwungano ngogozi. Perezida Kagame yashimiye IRCAD kuba yaremeye gufungura iri shami mu Rwanda, yagaragaje amateka meza y’amahitamo, ko gushora imari mu Rwanda kandi hakoreshejwe ikoranabuhanga mu rwego rw’ubuzima, ari iby’igiciro kandi u […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zahaye abaturage serivisi z’ubuvuzi ku buntu

Ingabo z’u Rwanda zibarizwa mu itsinda ry’ibikorwa by’urugamba (RWABG V), ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MINUSCA) bwo kugarura amahoro muri Santrafurika, zatanze serivisi z’ubuvuzi ku baturage b’ahitwa Sam-Ouandja. Ni igikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki 06 Ukwakira 2023, mu mujyi wa Sam-Ouandja, Haute Kotto, kirangwa n’ubukangurambaga bugamije gukangurira abaturage kurwanya malariya. Ubu bukangurambaga bw’umunsi umwe bwakurikiwe no gutanga serivisi z’ubuvuzi, zahawe abaturage ku buntu. Abaturage 45 bahawe ubuvuzi mu gihe […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

Umukobwa wa Obama, Malia Obama, yafotowe atumura itabi mu ruhame

Malia Obama, umukobwa wa Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wa 44, yagaragaye mu ruhame atumura itabi i Los Angeles. Malia Obama, umukobwa wa Barrack Obama wabaye Perezida wa USA Uyu mukobwa w’imyaka 25 yafotorewe ku mihanda y’i Los Angeles, tariki 04 Ukwakira 2023, ari kumwe na bamwe mu nshuti ze. Malia Obama ntabwo aribwo bwa mbere afotowe n’abapaparazi atumura itabi mu ruhame nk’uko ikinyamakuru Pagesix […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bateye ibiti

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukwakira,  abapolisi b'u Rwanda bari mu butumwa bw'umuryango w'abibumbye muri Sudani y'Epfo (UNMISS), mu Ntara ya Upper Nile, agace ka Malakal, bazindukiye mu gikorwa cyo gutera ibiti. Iki gikorwa bakoze mu rwego rwo kurengera ibidikikije, kitabiriwe  n’abarimo umuyobozi wa Malakal Yohenes Kimo, bamwe mu bakozi b’umuryango w’abibumbye muri ako gace n’abandi bayobozi ndetse n’abaturage bahatuye. Bateye ibiti ahakikije ikigo cy'urubyiruko no mu nkambi […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

Amb. Claver Gatete yahawe inshingano nshya muri UN

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), António Guterres, yagize Amb. Claver Gatete, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye, ishinzwe ubukungu muri Afurika (ECA). Amb. Claver Gatete António Guterres yashimiye Vera Songwe ukomoka muri Cameroun wasoje manda ye kuri uyu mwanya, ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wungirije, Antonio M. A. Pedro wo muri Mozambike, uzakomeza kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo, kugeza igihe Amb. Gatete azatangira imirimo yashinzwe. Claver Gatete kuri ubu ni Ambasaderi uhoraho w’u […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwabaye icyicaro cy’Ubugenzacyaha ku byaha by’ikoranabuhanga mu Karere

Polisi y’u Rwanda yafunguye icyicaro cy’Ikigo gishinzwe Ubugenzacyaha, ku byaha bikorerwa ku Ikoranabuhanga ku rwego rw’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba. Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr Emmanuel Ugirashebuja, yavuze ko u Rwanda rwahagurukiye kurwanya ibyaha bikorerwa ku ikoranabuhanga, ndetse rukaba rugiye no gukomeza gutanga uwo musanzu ku rwego rw’Akarere ruherereyemo. Minisitiri Dr Emmanuel Ugirashebuja (hagati), ubwo bafunguraga icyo kigo Iki kigo cyatashywe ku ya 6 Ukwakira 2023, cyiswe ‘Regional […]

todayOctober 7, 2023

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa bya Guverinoma muri Kenya

Perezida Paul Kagame yakiriye Musalia Mudavadi, Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa bya Guverinoma muri Kenya, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida William Ruto. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 06 Ukwakira 2023, nibwo Village Urugwiro, ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Kagame yakiriye bwana Mudavadi uri mu ruzinduko mu Rwanda. Bwana Mudavadi akigera mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu, ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali I Kanombe, yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta […]

todayOctober 6, 2023

Inkuru Nyamukuru

Narges Mohammadi niwe wahawe igihembo cyitiriwe Nobel

Narges Mohammadi, impirimbanyi y’uburenganzira y’umunya Irani ni we wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel cy’uwaharaniye amahoro cy’uyu mwaka. Ni igihembo yegukanye ari mu buroko. Abatanga iki gihembo bavuze ko agihawe mu kuzirikana ubutarambirwa bwe mu guharanira uburenganzira bwa muntu na demukarasi ndetse no kurwanya igihano cy’urupfu. Mohammadi w’imyaka 51 y’amavuko, yakomeje ibikorwa bye byo guhirimbanira uburenganzira kabone nubwo yagiye afungwa kenshi n’abategetsi ba Irani ndetse akamara imyaka myinshi muri gereza. Bibaye ku […]

todayOctober 6, 2023

0%