Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 42 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Nubwo kwiyamamaza ari uburenganzira bwa buri mukandida hari abashobora gusigarira muri urwo rugendo – NEC

Ubuyobozi bwa Komisiyo y’Igihugu y’amatora (NEC) bwatangaje ko abakandida bose bemerewe kwiyamamaza ku myanya basabye, bamaze kwerekana aho baziyamamariza, ariko kandi ko nubwo kwiyamamaza ari uburenganzira bwa buri mukandida hari abashobora gusigarira muri urwo rugendo. Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa kane tariki 20 Kamena 2024, hagamijwe kwerekana no gusobanura aho imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu ndetse n’ay’Abadepite igeze, ubuyobozi bwa NEC bwatangaje ko abakandida bose bamaze kugaragaza aho baziyamamariza mu […]

todayJune 20, 2024

Inkuru Nyamukuru

Akazi ko guhonda amabuye amazemo imyaka 30 kamufasha gutunga umuryango

Bamwe mu bageze mu zabukuru bagorwa n’ubuzima cyane cyane iyo badafite abana babitaho, bakabaho bakora imirimo ivunanye ngo babone ikibatunga.Akenshi na kenshi, usanga iyo mirimo bakora, bayihemberwa amafaranga y’intica ntikize ugasanga barahemberwa ibitajyanye n’imbaraga batanga ku murimo, ugasanga barakora ako kazi kubera amaburakindi. Urugero ni urwa Nyirambuze Rachel w’imyaka 70, wo mu Murenge wa Musanze Akarere ka Musanze, utunzwe n’akazi ko ‘Guhonda amabuye’, ibyo bikamutungira umuryango w’abantu batatu ugizwe na […]

todayJune 20, 2024

Inkuru Nyamukuru

Tanzania: Umuyobozi w’Intara akurikiranyweho gufata ku ngufu umunyeshuri wa Kaminuza

Muri Tanzania, uwayoboraga Intara ya Samiyu yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umunyeshuri. Uwatawe muri yombi ni uwitwa Dr Yahya Nawanda w’imyaka 46 y’amavuko, akaba akurikiranyweho kuba yarafashe ku ngufu umunyeshuri wiga muri Kaminuza yo mu Mujyi wa Mwanza. Ibyo gufatwa kwa Dr Nawanda byatangajwe mu minsi ishize n’Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Mwanza, Mutafungwa Wilbroad, aganira n’itangazamakuru aho muri Mwanza. Yagize ati,” Polisi […]

todayJune 20, 2024

Inkuru Nyamukuru

Umusaruro mbumbe w’Igihugu wageze kuri Miliyari 4,486 mu gihembwe cya mbere cy’umwaka

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINICOFIN) yatangaje ko umusaruro mbumbe w’Igihugu wageze kuri miliyari 4,486 z’amafaranga y’u Rwanda mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2024, avuye kuri miliyari 3,904 wariho muri 2023. Kuzamuka kw’umubare w’amafaranga byanatumye umusaruro mbumbe w’Igihugu muri rusange uzamuka ku kigero cya 9,7% muri icyo gihembwe, ahanini bikaba byaragizwemo uruhare n’umusaruro w’ibikomoka kuri serivisi, inganda ndetse n’ubuhinzi. Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko uruhare rwa serivisi rwari 46% […]

todayJune 20, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kigali: Batashye ibikorwa bizabyaza umusaruro imyanda y’i Nduba

Kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kamena 2024, Minisiteri y’ y’Ibidukikije (MINEMA), ku bufatanye n’Ikigo cyita ku Bidukikije (GGGI-Rwanda) ndetse n’Umujyi wa Kigali, batashye ibikorwa remezo by’icyitegererezo, byubatswe hagamijwe kubyaza umusaruro imyanda ku Kimoteri cya Nduba. Mu bikorwa byatashywe harimo imashini zigezweho, ndetse n’inyubako byose byakozwe mu gushyira mu bikorwa umushinga uhuriweho, watangijwe muri 2021 ukazageza muri Nyakanga uyu mwaka wa 2024. Uyu mushinga watewe inkunga na Minisiteri y’Ibidukikije ndetse […]

todayJune 20, 2024

Inkuru Nyamukuru

Gakenke: Imodoka yagonze igiti, batatu barakomereka

Mu muhanda Musanze - Kigali, imodoka itwara abagenzi ya BUS YUTONG RAH276D, yavaga i Musanze yerekeza i Kigali, yakoze impanuka, igonga igiti kiri ku nkengero z’umuhanda. Ni impanuka yabereye mu Kagari ka Gasiza, Umurenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke, mu ma saa saba n’igice kuri uyu wa gatatu tariki 19 Kamena 2024, nk’uko Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Jean Bosco Mwiseneza, yabitangarije Kigali Today. SP Mwiseneza yavuze […]

todayJune 20, 2024

Inkuru Nyamukuru

Bisesero: Twambuye abapolisi imbunda 13 (Ubuhamya bw’uwarokotse)

Abarokotse Jenoside mu Bisesero mu Karere ka Karongi, bavuga ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bagerageje kwirwanaho bakoresheje intwaro gakondo bayobowe n’uwitwaga Marara n’umuhungu we banasize ubuzima mu guhangana n’ibitero by’interahamwe. Bavuga ko mu guhangana n’ibitero by’Interahamwe, Ingabo za Leta n’abapolisi banahamburiwe imbunda 13. Bavuga ko n’ubwo babamburaga izo mbunda nta masasu yazo ahagije yabaga asigaye, ariko nazo zabafashije kurwana kuko harimo uwari uzi kuzirashisha. Kayigema Vincent warokokeye mu […]

todayJune 19, 2024

Inkuru Nyamukuru

Abarokotse Jenoside b’i Mata bababazwa no kuba hari abayoboye ubwicanyi batarafatwa

Abarokotse Jenoside b’i Mata mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko bahawe ubutabera kuko abagize uruhare muri Jenoside babihaniwe, na none ariko ngo bumva ubutabera bazabugeraho byuzuye umunsi abayoboye ubwicanyi na bo bafashwe bagahanwa kuko kugeza ubu batarafatwa. Abavugwa kuba barayoboye ubwicanyi i Mata batarafatwa ni abari abayobozi b’uruganda rw’icyayi ruhari ari bo Juvénal Ndabarinze waruyoboraga wahaje aturutse mu ruganda rw’icyayi rw’i Byumba hari mu Majyaruguru y’u Rwanda. Uwo yasimburaga na […]

todayJune 19, 2024

Inkuru Nyamukuru

Luxembourg yahaye u Rwanda impano ya miliyari 16Frw zizifashishwa mu kurengera ibidukikije

Leta ya Luxembourg yahaye u Rwanda inkunga y’amayero miliyoni 12, ahwanye na miliyari 16 na miliyoni 700 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba ari ayo gushyigikira gahunda yo kongera amashyamba mu Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Amasezerano y’iyo nkunga yashyizweho umukono kuwa Kabiri tariki 18 Kamena 2024, na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda, Yusuf Murangwa, hamwe na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri ushinzwe Ubutwererane muri Luxembourg, Xavier Bettel, uri mu […]

todayJune 19, 2024

0%