Menya ibyamamare byahitanywe n’ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge
Ibiyobyabwenge ni kimwe mu mpamvu zikomeye mu gutera uburwayi ndetse bikanakurura urupfu ku bantu baba babikoresha, iyo usanga barabaswe nabyo cyangwa se bagakoresha ibirengeje igipimo. Hari bamwe mu byamamare n’abaririmbyi bazwiho kuba inkomoko z’imfu zabo zaratewe n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge biturutse ku ngaruka zo kumara igihe kinini babikoresha cyangwa se no kunywa ibirengeje urugero. Aba ni bamwe twabegeranyirije urutonde, bazize ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge nkuko byagiye bigaragazwa na raporo zitandukanye zakozwe nyuma […]