Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 52 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Perezida wa Repubulika ya Czech yakomerekeye mu isiganwa rya moto

Perezida wa Repubulika ya Czech Petr Pavel yajyanywe kwa muganga nyuma yo kugushwa na moto yari atwaye ari mu isiganwa arakomereka, nk’uko byemejwe n’abashinzwe itangazamakuru mu biro bye. Ibiro bye byagize biti "ibikomere bye ntabwo bikabije, ariko hari hakenewe isuzumwa ryihuse” Police ya Czech yavuze ko nta perereza yigeze ikora kuko iyo mpanuka yabereye mu gahanda gato gakorerwamo isiganwa kuri moto. Perezida Pavel w’imyaka 62, azwiho gukunda moto cyane. Muri […]

todayMay 24, 2024

Inkuru Nyamukuru

Amajyaruguru: Abaherutse gukomeretswa n’imbogo bamerewe bate?

Ubuyobozi bw’Ibitaro bikuru bya Ruhengeri, buvuga ko mu bantu umunani biheruka kwakira nyuma yo gukomeretswa n’Imbogo zatorotse Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu cyumweru gishize, barindwi muri bo bagiye basezererwa mu bihe bitandukanye basubira iwabo mu ngo, mu gihe undi umwe ari we ukirimo kuvurirwa muri ibi bitaro. Nsekanabo Ernest hamwe n’abagize umuryango we n’abo baturanye mu Mudugudu wa Bihanga, Akagari ka Nyangwe mu Murenge wa Gahunga, Akarere ka Burera, bavuga ko […]

todayMay 24, 2024

Inkuru Nyamukuru

Ibinyabiziga bisaga 500 bigiye gutezwa cyamunara

Polisi y’igihugu yatangaje ko ibinyabiziga bisaga 500 byafatiwe mu makosa atandukanye bigiye gutezwa Cyamunara kubera ko ba nyirabyo batagiye gukemura ibibazo n’amakosa bakoze ngo babisubizwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Rutikanga Boniface yatangarije Kigali Today ko ibi binyabiziga byafatiwe mu makosa atandukanye yo mu muhanda arimo gupakira ibintu byinshi birusha uburemere ikinyabiziga, kugenda mu muhanda nta byangombwa, ubusinzi, gutendeka, n’andi makosa abujijwe ku binyabiziga igihe bigenda mu muhanda. Ibinyabiziga […]

todayMay 24, 2024

Inkuru Nyamukuru

Tanzania: Abantu 11 bapfuye nyuma y’iturika ry’imashini y’Uruganda rw’Isukari

Muri Tanzania, abantu 11 bapfuye, abandi 2 barakomereka nyuma y’uko imashini itanga ubushyuhe mu ruganda rw’isukari ruherereye ahitwa Turiani mu Ntara ya Morogoro rwitwa ‘Mtibwa Sugar Estate Old Factory’ ituritse ubwo abakozi biteguraga gutangira akazi. Ikinyamakuru Mwananchi cyandikirwa aho muri Tanzania cyatangaje ko mu kiganiro cyagiranye n’Umuyobozi ushinzwe serivisi zo kuzimya inkongi n’ubutabazi muri Morogoro, Shaban Marugujo kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2024, yahamije ayo makuru, avuga ko […]

todayMay 24, 2024

Inkuru Nyamukuru

Ibirango by’amateka yasizwe n’Abakoroni b’Abadage bigiye gukurwaho

Inteko y’Umuco mu Rwanda yatangaje ko hari ibyo igiye guhindura birimo izina ry’ingoro ndangamurage yitiriwe Umudage Richard Kandt ndetse ikanakuraho ikibumbano cy’ishusho ye mu rwego kurushaho guhindura bimwe mu byaranze amateka y’ubukoroni bw’u Budage mu Rwanda n’ibisigisi byayo. Inteko y’umuco yabitangaje mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro imurika rishya (New permanent exhibition) ryashyizwe mu Ngoro Ndangamurage yitiriwe Kandt, riri mu Karere ka Nyarugenge tariki 22 Gicuruasi 2024. Iri murika rishya […]

todayMay 24, 2024

Inkuru Nyamukuru

Barikana Eugène yasabiwe gufungwa imyaka ibiri

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2024 bwasabiye Barikana Eugène wahoze ari umudepite mu Nteko Ishingamategeko, gufungwa imyaka ibiri nyuma yo gusanganwa intwaro iwe mu rugo. Iburanisha ry’urubanza rwe ryabereye mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aho Barikana Eugène yaburanye yemera icyaha agasaba gukurirwaho ibihano. Biteganyijwe ko icyemezo cy’Urukiko kizasomwa ku wa Gatatu tariki ya 29 Gicurasi 2024. Ku itariki 11 Gicurasi, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ni […]

todayMay 23, 2024

Inkuru Nyamukuru

Ni inshingano zacu gufasha mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu cyacu- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2024 yafunguye ku mugaragaro inyubako y’Ikigo gitanga serivisi z’ubwishingizi mu Rwanda, ‘Radiant Insurance Company’, iherereye mu Murenge wa Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. Ni igikorwa cyitabiriwe n’Umuyobozi Mukuru wa Radiant Insurance Company Ltd, Marc Rugenera; Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Radiant Insurance Company Ltd, François Régis Kabaka n’abandi bayobozi batandukanye. Iyi nyubako yitezweho gufasha iki kigo kunoza no kwihutisha imitangire ya […]

todayMay 23, 2024

Inkuru Nyamukuru

Sobanukirwa byinshi ku nshingano nshya Francis Kaboneka yahawe

Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 22 Gicurasi 2024, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashyize mu myanya abayobozi batandukanye barimo na Kaboneka Francis wari umaze igihe atagaragara cyane mu myanya y’ubuyobozi. Kaboneka Francis yagizwe Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, hamwe na Tuyizere Thadée na we wagizwe Komiseri muri iyo Komisiyo. Abo bombi basimbuye abandi ba Komiseri muri iyo Komisiyo barangije manda yabo, harimo Makombe Jean Marie Vianney na […]

todayMay 23, 2024

Inkuru Nyamukuru

Umunyarwenya Sam wo muri Zuby Comedy yatanze kandidatire yo guhagararira Urubyiruko

Umunyarwenya Mucyo Samson wamamaye nka Samu mu itsinda rya Zuby Comedy yatanze kandidatire ye kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) aho yifuza kuba umukandida ku mwanya w’Umudepite uhagarariye urubyiruko. Kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi nibwo Mucyo Samson yageze kuri NEC, azanye i byangombwa bya kandidatire ye nk’Umudepite uzahagararira urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko. Uyu musore yamenyekanye mu itsinda rya Zuby Comedy we na mugenzi we Seth ndetse bagiye bategura […]

todayMay 23, 2024

0%