Muhanga: Urugomero rwa Nyabarongo rugiye gucanira n’abaruturiye
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG), buratangaza ko mu rwego rwo gufasha abaturage bo mu Karere ka Muhanga, kungukira bwa mbere ku rugomero rwa Nyabarongo ya mbere ruhubatse, harimo gushyirwa agashami gato kazajya kageza umuriro ku batuye Umurenge wa Mushishiro ahubatse urwo rugomero. Harimo gushyirwaho agashami kazajya kegeza amashanhyarazi yihariye mu Murenge wa Mushishiro no mu cyanya cy’inganda cya Muhanga Inzego z’ubuyobozi zitangaza ko ibyo birimo gukorwa, kugira ngo […]