Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 74 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Portugal yagiriye uruzinduko mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Portugal, João Gomes Cravinho, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije kurushaho guteza imbere ubufatanye bw’Ibihugu byombi. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Portugal yakiriwe na Minisitiri Biruta Minisitiri João Cravinho, ku munsi wa mbere w’uruzinduko rwe, tariki 12 Gashyantare 2024, yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Ba Minisitiri ku mpande zombie bagiranye ibiganiro ku nzego zitandukanye, zigamije gushimangira ubutwererane hagati y’u […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

USA: Ministri w’Ingabo ntazitabira Inama ya OTAN kubera uburwayi

Minisitri w’ingabo w’Amerika Lloyd Austin yasubitse urugendo yagombaga kugirira mu Bubiligi mu biganiro by’umuryango wo gutabarana hagati y’ibihugu by’Uburayi n’Amerika (OTAN). Byatangajwe na ministeri y’ingabo y’Amerika ku wa mbere nyuma y’uko Lloyd Austin asubiye mu bitaro ku nshuro ya kabiri muri uyu mwaka. Uyu mugabo ufite imyaka 70, ku cyumweru yajyanywe ku bitaro bya gisirikare byitwa Walter Reed nyuma yo kugaragaza ibimenyetso by’uburwayi bw’uruhago. Ku wa mbere yavuwe mu buryo […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

Gisagara: Inkuba yakubise abantu batatu

Mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Kibilizi, Akagari ka Ruturo, Umudugudu wa Akabagoti, kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gashyantare 2024, inkuba yakubise abantu batatu barimo bahinga bahita bajyanwa kwa muganga. Inkuba yakubise abantu 3 i Gisagara Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, SP Emmanuel Habiyaremye, yatangarije Kigali Today ko muri aka karere ubwo harimo hagwa imvura nyinshi irimo n’inkuba, abarimo bahinga mu gishanga cy’umuceri bagiye kugama mu kazu k’umuzamu […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kenya

Perezida Paul Kagame yabonanye na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, bagirana ibiganiro byibanze ku bufatanye mu ishoramari hagati y’ibihugu byombi. Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kenya Perezida Kagame na William Ruto bahuriye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, ku wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, ku ruhande rw’inama bitabiriye ya 11 ihuza abagize Guverinoma zo hirya no hino ku Isi (World Governments Summit), yiga ku […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

Satrafurika: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwa Loni batanze amaraso

Abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU II-8, bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA), bitabiriye igikorwa cyo gutanga amaraso, mu rwego rwo gufasha ikigo gishinzwe gutanga amaraso muri icyo gihugu. Ni igikorwa cyabereye ku ivuriro ry’itsinda RWAFPU II-8, mu gace ka Kaga Bandoro, mu gihe cy’iminsi ibiri, ku wa Gatanu tariki ya 9 no ku wa Gatandatu tariki 10 Gashyantare, cyitabirwa n’abapolisi b’u Rwanda bagize iri tsinda […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

Jenoside yakorewe Abatutsi ikwiye gusigira amasomo abatuye Isi – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko iyo witegereje amakimbirane ari kubera muri Palestine mu Ntara ya Gaza no mu bindi bice by’Isi ndetse akaba akomeje no guhitana ubuzima bwa benshi, wibaza niba hari amasomo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yasigiye Isi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Mbere tariki 12 Gashyantare ku munsi wa mbere w’Inama ya 11 ihuza abagize Guverinoma zo hirya no hino ku Isi (World […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

Mu Rwanda hagiye gushyirwa ikigo gitangirwamo amasomo ku butumwa bw’Amahoro

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda n’ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe Amahugurwa n’Ubushakashatsi (UNITAR), bahuriye mu nama igamije gushyiraho ikigo cy’indashyikirwa kizajya gitangirwamo amasomo yakuwe mu butumwa bw’amahoro mpuzamahanga, mu bihugu bitandukanye. Iyi nama yabereye i Kigali ku wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, iyoborwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga. Gen Mubarakh Muganga yagaragarije abitabiriye iyo nama, ko u Rwanda ruri mu bikorwa byo kubungabunga amahoro kuva mu 2004, ariko […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

Huye: Ikamyo yakoze impanuka

Mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Kigoma, mu Kagari ka Karambi tariki 13 Gashyantare 2024, habereye impanuka y’ikamyo ya Mercedes Benz Actros, ifite Pulaki nomero RAE591V, yavaga i Huye yerekeza i Rusizi yanyereye ibirinduka mu muhanda. Umuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SP Emmanuel Kayigi, yatangarije Kigali Today ko iyi mpanuka yabareye mu muhanda wari uherutse kwangizwa n’inkangu muri aka karere, wabayemo ubunyereri bwinshi buturutse ku […]

todayFebruary 13, 2024

Inkuru Nyamukuru

RBC irasaba abantu kwirinda indwara y’amaso yandura

Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kirasaba Abanyarwanda gushyiraho ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’indwara yandura cyane itera amaso gutukura, ikaba ngo yarageze mu bihugu bituranye n’u Rwanda. Ntabwo hatangajwe ibihugu bituranye n’u Rwanda bimaze kugaragaramo iyo ndwara y’amaso iterwa n’agakoko bita Adenovirusi. RBC ivuga ko uretse gutukura gukabije kw’igice cy’umweru cy’ijisho, iyo ndwara ituma umuntu yumva amaso ye aryaryata, akazamo amarira, ndetse ikaba yandura cyane. Mu bindi bimenyetso biyiranga, hari […]

todayFebruary 13, 2024

0%