Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 79 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yihanganishije abaturage ba Namibia

Perezida Paul Kagame yihanganishije Madamu Monica Geingos n’Abanya-Namibiya muri rusange, ku bw’urupfu rwa Perezida Dr Hage Geingob witabye ku myaka 82. Perezida Kagame yihanganishije abaturage ba Namibia Perezida Dr Hage Geingob, yitabye Imana mu rukerera rwo ku Cyumweru tariki 04 Mutarama 2024, aguye mu mu bitaro bya Lady Pohamba, biherereye mu Murwa Mukuru Windhoek. Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yafashe mu mugongo Abanya-Namibia, by’umwihariko umugore […]

todayFebruary 5, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kampayana Augustin wayoboye Ikigo cy’Igihugu cy’Imyubakire yitabye Imana

Kuri uyu wa Mbere tariki 5 Gashyantare 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko Kampayana Augustin wayoboye ibigo bitandukanye mu Rwanda, harimo n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, yitabye Imana. Kampayana Augustin Mu mwaka wa 2012, Kampayana Augustin yakoraga muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, aho yari ashinzwe imiturire. Abantu batandukanye banditse ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bagaragaza ko Kampayana yakundaga Igihugu, umurimo, bamwe bavuga ko yababereye umubyeyi, n’ibindi bikorwa bitandukanye byaranze Kampayana, bifuriza […]

todayFebruary 5, 2024

Inkuru Nyamukuru

Abanyarwanda baba muri Repubulika ya Congo bizihije Umunsi w’Intwari

Ambasade y’u Rwanda muri Repubulika ya Congo-Brazzaville ku bufatanye n’Abanyarwanda bahatuye, bizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu, mu muhango wabaye ku wa Gatandatu, tariki 3 Gashyantare 2024. Abanyarwanda baba muri Repubulika ya Congo bizihije Umunsi w’Intwari Ambasaderi w’u Rwanda muri Congo Brazzaville, Mutsindashyaka Théoneste, mu kiganiro yagejeje ku bitabiriye uyu muhango, yagarutse ku ngingo nyamukuru eshatu, ari zo Ubutwari bw’Abanyarwanda, Umuco wo gushima no gushimira abakoze ibikorwa by’ingirakamaro no ku nsanganyamatsiko y’uyu […]

todayFebruary 5, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kimwe cya kabiri cy’abarwaye Kanseri mu Rwanda ntibazi ko bayifite

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), itewe impungenge n’indwara ya kanseri yibasiye abatuye Isi n’u Rwanda by’umwihariko, nyuma yo kubona ko abarenga 1/2 cy’abajya kuyivuza ngo bagera kwa muganga imburagihe batazi ko bayirwaye, kandi batakiri abo gukira. Kanseri y’inkondo y’umura iri mu zihitana benshi Kanseri zibasiye Abaturarwanda ngo zifata ibice bitandukanye by’umubiri nk’ibere, inkondo y’umura, porositate (ku bagabo) ndetse no mu nzira z’ibiribwa nko mu muhogo, mu gifu no mu mara(kugera aho umuntu […]

todayFebruary 5, 2024

Inkuru Nyamukuru

Kamonyi: Abatuye aho Fred Rwigema yavukiye biyemeje gukomeza Ubutwari bwe

Abaturage bo mu Murenge wa Nyamiyaga, aho Fred Gisa Rwigema yavukiye, baravuga ko bazahora bakora cyane kugira ngo izina rye ryatumye u Rwanda rubohorwa bataryanduza. Abitanze ngo stade yubakwe bambitswe imidari Babitangaje mu gihe bizihizaga umunzi mukuru w’Intwari z’u Rwanda, mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, bagataha sitade bubatse yuzuye itwaye asaga Miliyoni 180Frw, uruhare rwabo rukaba rubarirwa hejuru ya 70%. Major General Fred Gisa Rwigema, waguye ku […]

todayFebruary 4, 2024

Inkuru Nyamukuru

Masai Ujili arasaba Abanyarwanda baba mu mahanga kuzirikana u Rwanda na Afurika

Umuyobozi wungirije w’Ikipe ya Basket Ball ya Toronto Raptors yo muri Amerika, akaba yaranashinze Giant of Afrika Masai Ujili, arasaba Abanyarwanda baba mu mahanga gutekereza ku Gihugu cyabo na Afurika muri rusange aho gutekereza ko gakonda ntacyo imaze. Yabitangarije mu kiganiro yahaye abitabiriye Rwanda Day irimo kubera Washington DC muri Amerika, aho yagaragazaga uko, ibikorwa by’imikino n’imyidagaduro ari inkimngi ya mwamba mu iterambere ribishingiyeho, kandi u Rwanda rufite amahirwe yo […]

todayFebruary 4, 2024

Inkuru Nyamukuru

Sudani: Abaturage batangiye kwicwa n’inzara

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita nku biribwa (PAM) riratangaza ko ririmo guhabwa amakuru avuga ko hari abantu bari kwicwa n’inzara muri Sudani. Ni mu gihe umubare w’abarembejwe n’ikibazo cy’inzaranawo ngo wikubye kabiri mu mwaka umwe ushize bitewe n’intambara yatumye imfashanyo zigoboka abasivili zitabageraho. PAM yasabye ingabo za leta ndetse n’izumutwe wa Rapid Support Forces (RSF) zayigometseho gutanga agahenge kugirango imfashanyo z’ibiribwa zibashe kugezwa ku bantu bagera hafi muri miliyoni 18 bugarijwe […]

todayFebruary 4, 2024

Inkuru Nyamukuru

Minisitiri Utumatwishima yasobanuye uko u Rwanda rwaba igihangange nka Amerika

Minisitiri w’Urubyiruko Utumatwishima aratangaza ko uko u Rwanda ruhagaze kuva mu myaka 30 ishize rubohowe, bitanga icyizere cy’uko ruzaba igihangange nka Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA). Yabitangarije mu kiganiro kivuga u Rwanda mu myaka 30 ishize, ikiganiro yatangiye muri Rwanda Day, iri kubera muri Washington DC muri (USA), aho yagaragaje ko u Rwanda rumaze 1/18 cy’imyaka Amerika imaze yiyubaka, bityo ko narwo ruzaba igihanganye Abanyarwanda nibakomeza kubaha izina rya […]

todayFebruary 4, 2024

Inkuru Nyamukuru

Minisitiri Biruta yamurikiye abitabiriye Rwanda day umusaruro w’ububanyi n’amahanga

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Rwanda Dr Vincet Biruta yamurikiye abitabiriye Rwanda day umusaruro ukomeje kuva mu bikorwa by’ububanyi n’amahanga aho u Rwanda rumaze kugira abaruhagarariye mu bihugu bitandukanye 47 naho abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bakaba 45. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Rwanda Dr Vincet Biruta avuga ko umusaruro w’ububanyi n’amahanga watumye ibigo n’imiryango mpuzamahanga ikomeza kwiyongera gukorera mu Rwanda ndetse bikagira ingaruka nziza ku bukungu bw’u Rwanda n’urwego rw’ubuzima. Minisitiri […]

todayFebruary 4, 2024

0%