Perezida Kagame yagaragaje akamaro k’Ubumwe n’Ubwiyunge bw’Abanyarwanda
Perezida Paul Kagame uri muri Amerika, yagaragaje ko mu myaka 30 ishize, mu gihe Abanyarwanda bizihizaga umunsi w’Intwari, hari byinshi byagezweho birimo kuba abaturage barashyize imbere Ubumwe bwabaye ishingiro ryo kuba Igihugu ubu gitekanye, ndetse kandi gikomeje no gutera imbere. Perezida Kagame na Madamu bitabiriye amasengesho yo gusengera Amerika Perezida Kagame yabigarutseho mu ijambo yavuze mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Gashyantare 2024, ubwo ari kumwe […]