Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 82 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Minisitiri w’Intebe yayoboye umuhango wo kunamira Intwari z’Igihugu (Amafoto)

Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu wa Kane tariki 1 Gashyantare 2024, Abayobozi bakuru barimo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, bunamiye Intwari z’Igihugu ku Gicumbi cy’Intwari i Remera hafi ya Sitade Amahoro. Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente yahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, uri muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, akaba yaritabiriye Amasengesho arimo Umukuru w’icyo Gihugu, Joe Biden, ndetse akazayobora Ihuriro ry’Abanyarwanda bari hirya no hino ku Isi ryiswe Rwanda […]

todayFebruary 1, 2024

Inkuru Nyamukuru

Nigeria: Abantu 12 bahitanywe n’igisasu cyo mu butaka

Abantu 12 barimo bahiga inkwi zo gucana bahitanywe n'igisasu cyo mu butaka mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria muri Leta ya Borno, hafi y’umupaka na Cameroun. Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, bitangaza ko abo bantu bajyaga gushaka inkwi zo gucana maze baturikanwa n'icyo gisasu ubwo imodoka barimo yacaga hejuru yacyo hafi y’umudugudu wa Pulka. Abayozobi bavuze ko icyo gisasu, cyaba cyaratezwe n’intagondwa za Boko Haram bari barahashinze ibirindiro. Uretse abo 12 bapfuye, […]

todayJanuary 31, 2024

Inkuru Nyamukuru

Zimbabwe: Job Sikhala utavuga rumwe n’ubutegetsi yarekuwe

Urukiko rw’i Harare muri Zimbabwe ku wa kabiri rwarekuye umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi, Job Sikhala, nyuma y’iminsi hafi 600 afunze by’agateganyo ku byaha akurikiranyweho byo guteza imvururu muri rubanda. Sikhala, w’imyaka 51, ukuriye ishyaka rya Citizens Coalition for Change (CCC) ritavuga rumwe n’ubutegetsi amaze gufatwa inshuro zibarirwa muri mirongo kuva yatangira inzira ya politike mu 1999. Yafunzwe muri 2022 aregwa gutambamira ubutabera no guteza imvururu muri rubanda nyuma y’uko ashinje […]

todayJanuary 31, 2024

Inkuru Nyamukuru

Huye: Aharimo gushakishwa imibiri i Ngoma hamaze kuboneka 392

Nyuma y’uko tariki ya 21 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Ngoma ya 5 ho mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, hasubukuwe igikorwa cyo gushakisha imibiri kwa Séraphine Dusabemariya, biturutse ku yabonetse munsi y’urugo rwe mu kwezi k’Ukwakira 2023, tariki 30 Mutarama 2024, hari hamaze kuboneka 392. Muri uru rutoki honyine, tariki 30 Mutarama 2024 hari hamaze gukurwa imibiri 182 Nk’uko bivugwa n’abakomeje gukurikiranira hafi iby’igikorwa cyo gushakisha iyi […]

todayJanuary 31, 2024

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwakoze amavugurura yatumye ruba mu bihugu byoroshye gukorerwamo ubucuruzi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko amavugurura adasanzwe u Rwanda rwakoze mu micungire y’ubukungu bwagutse, yatumye ruba hamwe mu hantu horoshye gukorera ku Isi. Dr. Uzziel Ndagijimana, avuga ko amavugurura adasanzwe yakozwe mu micungire y’ubukungu yatanze umusaruro ufatika mu Rwanda Yabitangaje tariki 30 Mutarama 2023, ubwo hatangizwaga inama y’iminsi ibiri y’Ihuriro ry’Ubucuruzi hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza, yitabiriwe n’abagera hafi ku 1000 barimo abashoramari 130 baturutse mu […]

todayJanuary 31, 2024

Inkuru Nyamukuru

Ni ba nde kugeza ubu u Rwanda rwahaye impeta(imidari) z’ishimwe?

Muri iki gihe Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO) rukomeje ibikorwa byo kwizihiza ubutwari, hari uwakwibaza ngo "imidari n’impeta bitandukaniye he, ababihawe ni bande?" Ubwo Perezida Kagame yambikaga Impeta y’ishimwe Paul Farmer Umuyobozi muri CHENO ushinzwe Ubushakashatsi, Rwaka Nicolas, avuga ko ’umudari’ ari ijambo rikomoka ku Gifaransa ’medaille’, rikaba ari ryo risobanura impeta mu Kinyarwanda, kubera iyo mpamvu ijambo ’umudari’ ngo ntabwo rigikoreshwa n’ubwo rikiri mu izina rya […]

todayJanuary 31, 2024

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda na Espagne byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu burezi na Dipolomasi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta uri mu ruzinduko muri Espagne, yagiranye ibiganiro na mugenzi we José Manuel Albarez ushinzwe n’Ubutwererane mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, baganira ku buryo bwo kurushaho kwagura ubufatanye bw’ibihugu byombi. Abayobozi ku mpande zombi ubwo basinyaga ayo masezerano Aba bayobozi bombi bahuye kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2024, ndetse banashyira umukono ku masezerano abiri, ajyanye n’ubufatanye mu burezi mu mashuri makuru ndetse n’amahugurwa […]

todayJanuary 31, 2024

Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Batanu batawe muri yombi bakekwaho ubucuruzi bw’inyama butemewe

Polisi y’u Rwanda biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage mu Karere ka Muhanga, yataye muri yombi abantu batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu gucuruza inyama z'inka bakoresheje inyandiko mpimbano. Aba bantu batanu bafashwe ku wa Mbere tariki ya 29 Mutarama, bafatanwa imodoka yari ipakiye ibilo 900 by’inyama. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Habiyaremye yavuze ko bafatiwe mu mudugudu wa Murambi, akagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, […]

todayJanuary 30, 2024

Inkuru Nyamukuru

Minisitiri w’Ingabo za Amerika, Lloyd Austin yasubiye ku mirimo ye

Minisitiri w'Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lloyd Austin, ku wa mbere, yaragarutse ku mirimo ye nyuma y'ukwezi ahanganye n'uburwayi bwa kanseri ya porositate. Minisitiri Austin yagarutse ku mirimo ye nyuma y'uko hari hashize ukwezi kubera ikibazo cy'uburwayi bwa kanseri ya porositate, nyuma y'uko abaganga bamupimye bakayimusangana. Aaustin akigaruka mu nshingano ze yahise agirana ibiganiro n’umunyamabanga mukuru w'Ibihugu bigize Umuryango wo gutabarana wa OTAN, Jens Stoltenberg. Loyd Austin yavuze ko yanejejwe no kuba yagarutse […]

todayJanuary 30, 2024

0%