Minisitiri w’Intebe yayoboye umuhango wo kunamira Intwari z’Igihugu (Amafoto)
Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu wa Kane tariki 1 Gashyantare 2024, Abayobozi bakuru barimo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, bunamiye Intwari z’Igihugu ku Gicumbi cy’Intwari i Remera hafi ya Sitade Amahoro. Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente yahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, uri muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, akaba yaritabiriye Amasengesho arimo Umukuru w’icyo Gihugu, Joe Biden, ndetse akazayobora Ihuriro ry’Abanyarwanda bari hirya no hino ku Isi ryiswe Rwanda […]