Inkuru Nyamukuru

6392 Results / Page 98 of 711

Background

Inkuru Nyamukuru

Mu mashuri hakomeje kugaragara ikibazo cy’ubucucike

Raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta mu mwaka wa 2022, yagaragaje ko amashuri mu Rwanda akibonekamo ubucucike bw’abanyeshuri, ku kigero cy’abana 77 mu ishuri rimwe. Ni ikigero kiri hejuru hagendewe kuri gahunda ya Leta, aho biteganywa ko nibura icyumba kimwe cyabamo abana 46. Hari amashuri akirimo ubucucike bigatuma abana batiga neza Gahunda ya NST1 igaragaza ko ishyize imbere kongera umubare w’abana bagana amashuri y’icuke, bakava kuri 17.5% kuva muri 2016 kugera […]

todayDecember 29, 2023

Inkuru Nyamukuru

Ubukungu 2023: Ikilo cy’ibirayi cyaguzwe 1,500Frw

Reka twibukiranye uko umwaka wa 2023 wagenze mu rwego rw’ubukungu, aho tugaruka ku itumbagira ry’ibiciro ryageze mu kwezi kwa Nzeri ikiribwa cy’ibirayi ari imbonekarimwe, kuko byigeze kurangurwa amafaranga 1100Frw i Musanze aho byera, ariko bikagera kuri amwe mu masoko y’i Kigali bigurishwa 1,500Frw ku kilo. Muri 2023 ibirayi byigeze kugura amafaranga 1500 ku kilo, n’ibindi biribwa birahenda cyane muri rusange Kigali Today iranagaruka ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli muri […]

todayDecember 29, 2023

Inkuru Nyamukuru

Gasabo: Bafatiwe mu cyuho bagiye gukwirakwiza ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), yafatiye mu cyuho abagabo babiri mu Karere ka Gasabo bari bagiye gukwirakwiza mu baturage ikiyobyabwenge cy’urumogi. Uko ari babiri, umwe ufite imyaka 47 y’amavuko na mugenzi we w’imyaka 41, bafatanywe ikilo kimwe cy’urumogi rudatotoye n’udupfunyika twarwo 220, mu mudugudu wa Cyanamo, akagari ka Kabuga II, mu murenge wa Rusororo, ahagana ku isaha ya saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba wo ku wa Gatatu tariki […]

todayDecember 29, 2023

Inkuru Nyamukuru

Bamwe mu bajya mu Ntara basabwe gutegera imodoka ahandi hatari Nyabugogo

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA), bashyizeho ahandi ho gutegera imodoka hatari Nyabugogo, mu minsi ibiri ibanziriza ubunani (tariki 30-31 Ukuboza 2023). Umujyi wa Kigali uvuga ko mu rwego rwo koroshya ingendo ku bajya mu Ntara kwizihiza Ubunani, abantu berekeza mu Majyepfo n’Iburengerazuba banyuze i Karongi, bazafatira imodoka i Nyamirambo kuri Pelé Stadium. Aberekeza Iburasirazuba banyuze i Kabuga basabwe gufatira imodoka muri Gare ya Kabuga, mu gihe abandi […]

todayDecember 27, 2023

Inkuru Nyamukuru

Clare Akamanzi wahoze ayobora RDB yahawe izindi nshingano

Clare Akamanzi uherutse gusimburwa ku buyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) yahawe inshingano nshya, akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru (CEO) wa NBA Africa izwiho kuzamura no guteza imbere abakinnyi bafite impano mu mukino wa Basketball muri Afurika. Clare Akamanzi NBA Africa yatangaje ko imirimo mishya Clare Akamanzi yahawe azayitangira ku itariki ya 23 Mutarama 2024. NBA Africa ni ishami rya Shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Basketball, National Basketball Association […]

todayDecember 27, 2023

Inkuru Nyamukuru

Rutsiro: Yafatanywe amasashe ibihumbi 30

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rutsiro yafashe umugore w'imyaka 30 y'amavuko, wari utwaye mu modoka amasashe ibihumbi 30. Yafatiwe mu murenge wa Gihango mu kagari ka Kongo-Nili, mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 25 Ukuboza, ahagana ku isaha ya saa tatu n'igice, ari mu modoka yavaga mu karere ka Rubavu yerekeza i Karongi afite umufuka urimo amapaki 150 y’amasashe angana n’ibihumbi 30 ubaze isashe imwe ku yindi. […]

todayDecember 27, 2023

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: CODERVAM yishimiye kuba yiyujurije Sitasiyo ya lisansi

Nyuma y’imyaka umunani (8), mu ruhuri rw’ibibazo bijyanye n’imiyoborere n’imicungire mibi ya Koperative byatumye ijya mu ideni rya Miliyoni 400, CODERVAM ibashije kwiyubakira Sitasiyo ya Essence ya Miliyoni 350, ndetse ikaba inateganya kubaka inzu yakira abashyitsi (Guest House). CODERVAM yishimiye kuba yiyujurije Sitasiyo ya lisansi Koperative CODERVAM y’abahinzi b’umuceri mu kibaya cy’umugezi w’umuvumba, yashinzwe mu mwaka wa 1988. Kuva mu 1996 yagize ibibazo by’imicungire mibi bituma igira ideni ry’abantu ku […]

todayDecember 27, 2023

Inkuru Nyamukuru

Amerika yagabye ibitero muri Iraq ku birindiro by’imitwe ishyigikiwe na Iran

Leta zunze ubumwe z’Amerika yarashe ku birindiro by’imitwe yitwaje intwaro ishyigikiwe na Iran muri Iraq. Mu itangazo yashyize ahagaragara, minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika, Lloyd Austin, yavuze ko barashe mu gitondo cyo ku wa kabiri ahantu hagera kuri hatatu ha Kataib Hezbollah n’amashami yayo. Asobanura ko babikoze ari ugusubiza ibitero by’uyu mutwe witwara gisirikare wagiye ugaba ku ngabo z’Amerika muri Iraq no muri Syria, birimo icyo Kataib Hezbollah […]

todayDecember 27, 2023

Inkuru Nyamukuru

Papa yatabarije intara ya Gaza

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisko ubow yaturaga igitambo cya misa kuri Noheli yatabarije akarere ka Gaza avuga ko karimo ibikorwa bityeye agahinda k’impfu z’abasivile. Mu butumwa yatanze kuri uno musi wa mbere, Papa yavuze ko abana bariko bapfira mu ntambara zitandukanye, harimwo n’abo mu karere ka Gaza. Papa yagize ari “Abo ni ba Yezu bato bato b’uno musi”. Muri ubwo butumwa. Papa Fransisko yongeyeho ko igitero cyakozwe na […]

todayDecember 27, 2023

0%