Prince Henry na Meghan Markle baherutse gutangaza ko batagishaka kuba mu muryango w'umwamikazi, ubu bagiye kwishakashakira indi mibereho bave no mu bwongereza. Hari ababifata nko gukora ishyano, abandi bakavuga ko umwuka atari mwiza muri uriya muryango. Iki kiganiro kiragusobanurira byinshi kuri iki kibazo n'amaherezo yacyo. Umva ikiganiro kirambuye hano:
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku mpinduka zabaye ku biciro by'amashanyarazi. Ari kumwe na Norbert Kamana (RURA) na Nkubito Kamugisha Stanley (REG). Umva ikiganiro kirambuye hano:
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku itegeko ryo gutanga amakuru n'uburyo rikoreshwa. Ari kumwe na Kajangana Jean Aime (Urwego rw'Umuvunyi). Umva ikiganiro hano:
Muri kino kiganiro Anne Marie ari kumwe na Innocent Asiimwe Mudenge, Rwanda Information Society Authority (RISA) na Dasire Ruhimuka (MTN); bari kuganira kuri gahunda ya Connect Rwanda igamije gutanga smart phones ku batazifite Umva ikiganiro kirambuye hano: