Muri kino kiganiro, Anne Marie ari kumwe na Emmy Muzora, umuyobozi mukuru wa WASC; baraganira ku bijyanye n’amazi mu Rwanda, uburyo agera ku baturage, ibibazo birimo, agera ku baturage gute, n’ibindi byinshi.
Ubyumva ute – Wasac N’imikorere Yayo was last modified: January 25th, 2019 by KT Radio Team
1 Ibitekezo
wasac ikora nabi cyane basigaye batwishyuza amafranga bita ibirane kdi ntayo tuzi wagirango urasobanuza neza bakagukanga cyane bagasiga bakupye amazi wabura iyo werekeza dore ko itagira mukeba ukujya kwishyura ariko muzarebe neza niba ntakibyihishe inyuma.