#EAPCCO2023: Polisi y’u Rwanda yegukanye irushanwa mu kurasa
Polisi y'u Rwanda yegukanye umudali wa Zahabu mu mukino wo kurasa wabereye mu Kigo cya Polisi giherereye mu Karere ka Bugesera. Umukino wo kurasa ni umwe mu mikino 13 ibera mu Rwanda mu mikino ihuza abapolisi bo mu muryango w'abayobozi ba Polisi mu bihugu byo mu Karere k'Afurika y'Iburasurazuba (EAPCCO).Ku mukino wa nyuma wabereye mu kigo cya Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Bugesera, ku Cyumweru tariki 26 Werurwe, u […]