Imanza esheshatu mu ijana zaciwe ziba zirimo akarengane – Prof. Rugege
Prof. Sam Rugege perezida w’urukiko rw’ikirenga avuga inzego z’ubutabera zimaze kwiyubaka neza kuburyo zisigaye zifitiwe ikizere n’abaturage ariko nanone ngo amakosa akigaragara mu manza nke abayakora bagomba kuzajya bahanwa. Yabitangaje kuri uyu wa 25 Mata ubwo yatangizaga umwiherero w’iminsi 3 w’abafite aho bahuriye n’ubutabera. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)