Muhanga: Mu kwezi kumwe igishushanyo mbonera cy’Umujyi kiraba cyasohotse
Inama Njyanama y’akarere ka Muhanga iratangaza ko igishushanyo mbonera cy’umujyi wa Muhanga cyarangije kwemezwa ubu hategerejwe ikigo cy’igihugu cy’imiturire Rwanda Housing Authority ngo gisohoke. Ibyo biravugwa mu gihe hari abaturage bafite ubutaka mu mujyi wa Muhanga bavuga ko kuba gitinda gusohoka bibaheza mu gihirahiro ku mikoreshereze yabwo, kuko hari abangiwe kubukoresha kubera ko hari nk'abafite ubutaka buzakoreshwa ibindi birimo nko kurimbisha umujyi cyangwa bukaba buteganyijwe gucibwaho imihanda, ubu bakaba batemerewe […]
Post comments (0)