Leta yisubije by’agateganyo ubutaka budafite abo bwanditseho
Umuyobozi w’agateganyo w’ishami ry’imicungire y’ubutaka mu kigo gishinzwe imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda, Mukarage Jean Baptiste, avuga ko kuva ku wa 31 Ukuboza 2020, ubutaka budafite abo bwanditseho bwamaze kwandikwa kuri Leta by’agateganyo. Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 10 Mutarama 2021, mu kiganiro Kubaza Bitera Kumenya cyanyuze kuri RBA, kibanze ku kwandika kuri Leta ubutaka budafite abo bwanditseho. Umuyobozi w’agateganyo w’ishami ry’imicungire y’ubutaka mu kigo gishinzwe imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu […]
Post comments (0)