Amakuru Arambuye

Amakuru arambuye 28/01/2021

todayJanuary 29, 2021 24

Background
share close

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwahaye ikaze icyemezo cya USA cyo kuzashyira mu bikorwa amasezerano ya Kigali

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yahaye ikaze icyemezo cya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden cyo gutangira gushyira mu bikorwa amasezerano ya Kigali arwanya ihumana ry’ikirere. Ni nyuma y’uko Perezida Biden asabye abakozi mu biro bye gutegura inyandiko izashyikirizwa Sena y’icyo gihugu, kugira ngo itange inama ku gushyira mu bikorwa amasezerano ya Kigali, yo kugabanya iyoherezwa mu kirere ry’imyuka ihumanya yitwa (HFC).

todayJanuary 29, 2021 5

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%