Bamwe mu bacururiza mu isoko rya Huye basabwe kuba bahagaritse ubucuruzi, n’abemerewe bagasimburana
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye bamwe mu bacururiza mu isoko rya Huye kuba bahagaritse ibikorwa by’ubucuruzi, hagasigara abacuruza ibiribwa, na bo kandi hagakora 1/2. Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko ibi bijyanye n’ingamba nshya zo kwirinda Coronavirus, nyuma y’uko byagaragaye ko umubare w’abayandura ugenda wiyongera cyane muri Huye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngoma, Alphonse Mutsindashyaka, yongeraho ko ibipimo byafashwe i Huye tariki 5 Mata 2021 byagaragaje ko no […]
Post comments (0)