Kuba intiti zaragize uruhare mu kwica Abatutsi biragayitse – Dr Karangwa
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buhinzi n’Ubworozi (RAB), Dr. Patrick Karangwa, avuga ko kuba abadogiteri baragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi birenze kubyumva, kandi ari ibyo kugawa. Yabigarutseho kuri uyu wa 27 Mata 2021, ubwo mu kigo ayobora bibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994. Mu ijambo rye yagarutse ku kuba hari abagiye bahungira muri ISAR, ari yo ubu yitwa RAB, bibwira ko ubwo ikigo gikorwamo n’abanyabwenge ahari bo […]
Post comments (0)