Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwagerageje kwikemurira uruhuri rw’ibibazo rwari rufite mu buryo bwose bwashobokaga, kandi ko ibyo ariko bizahora kabone nubwo hari ababifata ukundi. Perezida Kagame ageza ijambo ku bitabiriye umusangiro Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa Mbere Tariki 07 Kanama 2023, ubwo yakiraga ku meza mugenzi we wa Madagascar, Andry Rajoelina, uri mu ruzinduko mu Rwanda. Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwagerageje gukora ibishoboka […]
Post comments (0)